Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abasirikare 485 Ba Israel Bamaze Kugwa Mu Ntambara Na Hamas
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abasirikare 485 Ba Israel Bamaze Kugwa Mu Ntambara Na Hamas

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 December 2023 11:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’ingabo za Israel itangaza ko kuva iki gihugu cyatangira intambara yeruye na Hamas kimaze gutakaza abasirikare 485. Aba barimo umunani baraye bapfuye bazize Hamas.

Iby’urupfu rwabo byatangajwe n’Ibiro by’Umuvugizi w’ingabo za Israel, abo basirikare bose bakaba bari bafite ipeti rya Staff.-Sgt.

Umuto muri bo yari afite imyaka 19 n’aho umukuru akagira imyaka 21 y’amavuko.

Hari kandi abandi basirikare babiri bahakomerekeye cyane.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu gihe ibintu bimeze gutyo, ku rundi ruhande intambara yo irakomeje ndetse Israel yasabye Misiri kwigizaho ingabo zayo ku mupaka wegereye Gaza.

Israel ivuga ko ibikorwa byayo bya gisirikare mu guhiga bukware Hamas bizakomereza mu gace gaturiye aho ingabo za Misiri ziri zabishaka cyangwa zitabishaka.

Iki gihugu kandi giherutse kubwira isi ko kizakomeza guhiga Hamas kugeza kiyisenye burundu.

Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu avuga ko azaruhuka ari uko Hamas itakiri ikibazo ndetse na Gaza ntizongere na rimwe kuba ahantu hahangayikishije umutekano wa Israel.

Perezida wa Amerika Joe Biden yasabye Netanyahu kubwira ingabo ze zikirinda kugira abasivili zihutariza mu bikorwa bya gisirikare ziri gukorera muri Gaza.

- Advertisement -
TAGGED:featuredGazaHamasIngaboIntambaraIsraelMisiri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Kwishyura Imisoro Imwe N’Imwe Byigijwe Imbere
Next Article Mu Bitaro Bya Nyabikenke Barataka Guhembwa Ayo Batemeranyijeho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?