Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abasirikare Ba Tanzania Biciwe Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abasirikare Ba Tanzania Biciwe Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 April 2024 2:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo rya SADC rirabikira abantu ko hari abasirikare bane bishwe n’igisasu cyarashwe n’imbunda yo mortier|( mortar). Batatu ni abo muri Tanzania umwe akaba uwo muri Afurika y’Epfo.

Bahitanywe n’igisasu cyaguye mu nkambi yabo kuri uyu wa Mbere taliki 08, Mata, 2024.

Ubuyobozi bwa SADC bwafashe mu mugongo abo mu muryango w’abo basirikare, buvuga ko ibyabaye bibabaje ariko bitazatuma ingabo z’uyu Muryango zidakora icyazijyanye mu Burasirazuba  bwa DRC.

Urupfu rw’aba basirikare ruvuzwe nyuma y’igihe gito Umukuru wa Tanzania Samia Suluhu Hassan na mugenzi we uyobora Afurika y’Epfo bavuye mu Rwanda mu kwifatanya n’isi yose kuzirikana ububi bwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.

Nta mutwe mu mitwe myinshi ikorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo urigamba kwica abo basirikare.

TAGGED:AbasirikarefeaturedigisasuIngaboSADC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yavuze Icyatumaga Adakunda Guseka Mu Myaka Ya 2000
Next Article Ethiopia Yahawe Ahantu Mu Rwanda Ho Kubaka Ambasade
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?