Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abasirikare Badasanzwe Ba RDF Barangije Imyitozo Ikomeye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abasirikare Badasanzwe Ba RDF Barangije Imyitozo Ikomeye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 December 2023 8:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugaba w’ingabo z’u Rwanda mu izina ry’umugaba wazo w’ikirenga yaje kureba uko abasirikare bagize umutwe w’ingabo z’u Rwanda zidasanzwe witoje, aboneraho no kurangiza iyo myitozo zari zimazemo amezi 10.

Bayikoreraga mu kigo cya gisirikare cya Nasho kiri mu Karere ka Kirehe

Gen MK Mubarakh yashimye uko bitoje n’uko bashyira mu bikorwa amasomo bahawe, abasaba kuzakomereza aho ariko nanone bakazajya barangwa n’ikinyabupfura aho bari hose.

Ibi ngo ni ibyo Umugaba w’ikirenga w’ingabo akaba na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame abasaba,

Gen Mubarakh Muganga yashimye abatoje bariya basirikare, ababwira ko ibyo babatoje ari iby’agaciro mu kazi ka girikare kandi no bigaragara ko bitabaye amasigarakicaro.

Muri uyu muhango hari abandi basirikare bakuru mu ngabo z’u Rwanda.

Gen Muganga ari kumwe n’abandi ba jenerali baje kureba uko bariya basirikare batojwe
Kumanukira mu migozi n’ibindi bikorwa bya gisirikare bihambaye
Batorezwa i Nasho muri Kirehe ahari ishyamba rinini cyane n’imigezi irimo ingona n’imvubu. Ni imyitozo y’abakomando
TAGGED:AbasirikarefeaturedIngaboMugangaNashoRDF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuganda Wo Mu Mpera Z’Umwaka Wa 2023 Ntukibaye
Next Article Icyo Kiliziya Gatulika Mu Rwanda Ivuga Ku Icyemezo Cya Papa Cy’Umugisha Ku Batinganyi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?