Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abasirikare Badasanzwe Ba RDF Barangije Imyitozo Ikomeye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abasirikare Badasanzwe Ba RDF Barangije Imyitozo Ikomeye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 December 2023 8:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugaba w’ingabo z’u Rwanda mu izina ry’umugaba wazo w’ikirenga yaje kureba uko abasirikare bagize umutwe w’ingabo z’u Rwanda zidasanzwe witoje, aboneraho no kurangiza iyo myitozo zari zimazemo amezi 10.

Bayikoreraga mu kigo cya gisirikare cya Nasho kiri mu Karere ka Kirehe

Gen MK Mubarakh yashimye uko bitoje n’uko bashyira mu bikorwa amasomo bahawe, abasaba kuzakomereza aho ariko nanone bakazajya barangwa n’ikinyabupfura aho bari hose.

Ibi ngo ni ibyo Umugaba w’ikirenga w’ingabo akaba na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame abasaba,

Gen Mubarakh Muganga yashimye abatoje bariya basirikare, ababwira ko ibyo babatoje ari iby’agaciro mu kazi ka girikare kandi no bigaragara ko bitabaye amasigarakicaro.

Muri uyu muhango hari abandi basirikare bakuru mu ngabo z’u Rwanda.

Gen Muganga ari kumwe n’abandi ba jenerali baje kureba uko bariya basirikare batojwe
Kumanukira mu migozi n’ibindi bikorwa bya gisirikare bihambaye
Batorezwa i Nasho muri Kirehe ahari ishyamba rinini cyane n’imigezi irimo ingona n’imvubu. Ni imyitozo y’abakomando
TAGGED:AbasirikarefeaturedIngaboMugangaNashoRDF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuganda Wo Mu Mpera Z’Umwaka Wa 2023 Ntukibaye
Next Article Icyo Kiliziya Gatulika Mu Rwanda Ivuga Ku Icyemezo Cya Papa Cy’Umugisha Ku Batinganyi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

You Might Also Like

Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Ubuyobozi Bw’Ihuriro Rw’Ubukungu Ku Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

PM Nsengiyumva Yabwiye Abanyamerika Icyo u Rwanda Rukora Ngo Rutere Imbere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?