Mu Rwanda hari ibigo abasirikare barwo batorezwamo byigisha mu nzego zitandukanye. Hari ikigo cya Nasho mu Murenge wa Kirehe kigisha abasirikare bato bakinjira mu ngabo z’u...
Abasirikare hafi 1000 bo mu Ngabo z’u Rwanda Kuri uyu wa Kane basoje amahugurwa yisumbuye yo kurwanira ku butaka, yari amaze amezi atandatu abera mu Kigo...
Amakuru ava mu Murenge wa Mpanga mu Karere ka Kirehe aravuga ko hari inka 13 z’umukecuru witwa Léoncie Mukansonera zapfiriye rimwe zigeze mu murima w’amasaka. Bivugwa...