Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abatalibani Batangije Intambara Kubatavuga Rumwe Nabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abatalibani Batangije Intambara Kubatavuga Rumwe Nabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 September 2021 12:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 04, Nzeri, 2021  Ingabo z’Abatalibani zatangije intambara ku barwanyi bashyigikiye umugabo witwa Massoud. Uyu mugabo yigeze gutozwa n’ingabo z’Amerika n’u Bwongereza kugira ngo azafashe mu kurwanya Abatalibani.

Amakuru atangazwa na Reuters avuga ko imirwano yo kuri uyu wa Gatandatu tariki 04, Nzeri, 2021 yabereye mu gace ka Panjshir kari mu Majyaruguru y’Umurwa mukuru  wa Afghanistan ari wo Kabul.

Ni ko gace konyine Abatalibani batarigarurira.

Mu ntangiriro za Gicurasi, 2021 nibwo intambara yubuye hagati y’abarwanyi b’Abatalibani n’ingabo za kiriya gihugu.

Abarwanyi b’Abatalibani batangije imirwano mu byumweru bike byakurikije itangazo rw’uko ingabo z’Abanyamerika zigiye gutangira kuvanwa ku butaka bw’Afghanistan.

Umugaba w’Ingabo za kiriya gihugu witwa General Mohammad Yasin Zia  yigeze kujya kuzisura mu birindiro byazo ngo azitere akanyabugabo ariko ntacyo byatanze kuko Abatalibani bazocyeje igitutu zirahunga.

Umukuru wa Afghanistan nawe yageze aho arahunga, Abatalibani bahita bafata Umurwa mukuru Kabul.

Hagati aho hari amakuru avuga ko igisirikare cya Pakistan cyatangiye kuryamira amajanja kiteguye intambara igihe cyose hagira abavogera ubusugire bwa Pakistan baturutse muri Afghanistan.

Ikindi ni uko ushinzwe iperereza rya gisirikare muri kiriya gihugu yagiye kubonana n’abayobozi bakuru b’ingabo z’Abatalinani.

TAGGED:AbarwanyiAbatalibaniAfghanistanfeatured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umukecuru Yaregeye Rucagu Ko Yahugujwe Isambu Ye N’Akarere Ka Nyamagabe
Next Article Bimwe Mu Byo Perezida Kagame Azagarukaho Mu Kiganiro Azaha RBA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hong Kong: Abishwe N’Inkongi Barakabakaba 100

Kuba Twahurira Washington Tukagira Ibyo Twemeranyaho Ni Ikintu Cyiza-Kagame

Papa Lewo XIV Yageze Muri Turikiya Mu Ruzinduko Rwa Mbere Mu Mahanga

Umubare W’Abahitanywe N’Inkongi Muri Hong Kong Wageze Ku Bantu 55

U Rwanda Rurakina Na Guinea Rushaka Tike Y’Igikombe Cy’Isi Muri Basketball

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

You Might Also Like

Mu mahanga

Iseru: Indwara Iheruka Mu Rwanda Iravugwa i Masisi Na Rutshuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Hong Kong: Abantu 44 Bishwe N’Inkongi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Ibyishimo Bya Kagame Kubera Intsinzi Ya Arsenal

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?