Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye abagize Inama y’ubutegetsi iyobora Ishuri ry’indashyikirwa z’abakobwa bo muri Afghanistan b’abahanga kurusha abandi wagereranya n’inkubito z’icyeza zo mu...
I Kabul muri Afghanistan haturikiye igisasu cyahitanye abantu 19 abanndi 27 barakomereka. Byabereye hafi y’umusigiti ahiganje Abisilamu b’Aba Shiite. Kuva Abatalibani bongera kwisubiza Afghanistan Abanyamerika n’abandi...
Nyuma y’uko ubuyobozi bwa Afghanistan bugizwe n’Abatalibani butabarije abaturage babwo ku Muryango mpuzamahanga ariko ukavunira ibiti mu matwi, ubu bwashyizeho gahunda yo gukora ugahembwa ibiribwa. Ni...
Guhanganyika k’Umuryango mpuzamahanga( UN) gushingiye ku ngingo y’uko abenshi mu bagize Guverinoma y’Abatalibani iherutse gushyirwaho, bari ku rutonde rw’abashakishwa n’ubutabera mpuzamahanga. Harimo benshi bashizwe ku rutonde...
Raporo yasohowe na The Times ivuga ko hari bamwe mu Batalibani bahoze ari ingabo z’Afghanistan batojwe n’ingabo z’u Bwongereza n’iz’Amerika ubwo ari ziri muri kiriya gihugu....