Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abaturage Ba DRC Batwitse Ibendera Ry’Amerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abaturage Ba DRC Batwitse Ibendera Ry’Amerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 February 2024 8:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu burakari bwinshi, abaturage ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo batwitse ibendera rya Amerika. Bayishinjaga ko ari iyo ifasha u Rwanda na Uganda gutera DRC, bakavuga ko batwitse iri bendera kugira ngo bereke Amerika ko ibyo ikora batabyishimiye.

Uwari uyoboye iki gikorwa yavugaga ko mu bihe bitandukanye Amerika yagaragaje ko idashyigikiye ibibera muri kiriya gihugu ariko ngo bo basanze ari urwiyerurutso.

Amashusho yashyizwe kuri X yagaragazaga abantu benshi biganjemo urubyiruko bicaye bateze amatwi uwo muntu wababwiraga ibibi by’Amerika mu Ilingala.

Icyo yababazaga bamusubizaga mu ijwi riranguruye bamushyigikiye.

Yabasabye guhaguruka bakerekana umujinya wabo, ababwira ko bagiye gushumika ibendera ry’Amerika mu rwego rwo kuyereka ko batayishimiye.

Kugeza ubwo iyi nkuru yandikwaga, nta butumwa bw’umuyobozi wa DRC bwari bwasohotse bwamagana iki gikorwa ndetse na Ambasade y’Amerika i Kinshasa yari itaragira icyo ibitangazaho.

Umva video babivugiyemo:

America should not tolerate its flag🇺🇸 being burned by Congolese under Tshilombo's leadership .there must be an action before Americans🇺🇸 begun to be abused in the DRC🇨🇩. Tshilombo should be prosecuted by international courts . #FreeCongo🇨🇩 #TshisekediIsKilling🇨🇩… pic.twitter.com/O42bFCATp2

— MINISTER of Happiness (@DrMumbogoSV) February 5, 2024

TAGGED:AbaturageAmerikaIbenderaIbiteroRwandaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyanza: Hakozwe Amavugurura Mu Bayobozi B’Imirenge
Next Article Umukozi Wa Kaminuza Y’u Rwanda Araregwa Kwibira Amanota Umunyamahanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?