Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abaturage Ba Sudani Bati: ‘Isi Yaratwibagiwe’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abaturage Ba Sudani Bati: ‘Isi Yaratwibagiwe’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 November 2023 2:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuva aho ibya Israel na Hamas bitangiriye, umuryango mpuzamahanga wahise ayerekezaho amaso, ibindi byose ku isi bias n’ibyibagiranye. Muri byo harimo n’intambara yo muri Sudani imaze kuvana mu byabo abaturage bagera ku 420,000.

Rwagati muri Mata, 2023 nibwo intambara hagati y’ingabo za Leta y’inzibacyuho iyobowe na Gen Abdel Fattah al-Burhan n’izitamushyigikiye zigizwe umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) batangiye kurwana.

Buri wese muri aba ba Jenerali yumvaga ko ari we wayobora inzibacyuho, ariko mugenzi we akamubwira ko agomba gusubiza amerwe mu isaho.

N’ubwo intambara yatangiriye mu Murwa mukuru Karthoum, yaje kwaguka igera no mu Ntara ya Darfru aho abaturage bakomeje gupfa umusubizo bishwe n’aba Janjaweed.

Abenshi barahunze, mu nkambi bakaba babayeho nabi.

The Guardian yanditse ko Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kwita ku mpunzi, UNHCR, rivuga ko mbere y’uko umwaka wa 2023 urangira, hari izindi mpunzi 200, 000 zizaba zaravanywe mu byazo n’iriya ntambara  isa n’iyirengagijwe n’amahanga kubera iri mu Burasirazuba bwo Hagati nayo bitazwi igihe izarangirira.

TAGGED:featuredHamasImpunziIntambaraIsraelSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muri Kigali Hatangijwe Ikoranabuhanga Riburira Ku Myuzure
Next Article IMPURUZA: Nkongwa Idasanzwe Yagarutse Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?