Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abaturage Ba Sudani Bati: ‘Isi Yaratwibagiwe’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abaturage Ba Sudani Bati: ‘Isi Yaratwibagiwe’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 November 2023 2:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuva aho ibya Israel na Hamas bitangiriye, umuryango mpuzamahanga wahise ayerekezaho amaso, ibindi byose ku isi bias n’ibyibagiranye. Muri byo harimo n’intambara yo muri Sudani imaze kuvana mu byabo abaturage bagera ku 420,000.

Rwagati muri Mata, 2023 nibwo intambara hagati y’ingabo za Leta y’inzibacyuho iyobowe na Gen Abdel Fattah al-Burhan n’izitamushyigikiye zigizwe umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) batangiye kurwana.

Buri wese muri aba ba Jenerali yumvaga ko ari we wayobora inzibacyuho, ariko mugenzi we akamubwira ko agomba gusubiza amerwe mu isaho.

N’ubwo intambara yatangiriye mu Murwa mukuru Karthoum, yaje kwaguka igera no mu Ntara ya Darfru aho abaturage bakomeje gupfa umusubizo bishwe n’aba Janjaweed.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abenshi barahunze, mu nkambi bakaba babayeho nabi.

The Guardian yanditse ko Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kwita ku mpunzi, UNHCR, rivuga ko mbere y’uko umwaka wa 2023 urangira, hari izindi mpunzi 200, 000 zizaba zaravanywe mu byazo n’iriya ntambara  isa n’iyirengagijwe n’amahanga kubera iri mu Burasirazuba bwo Hagati nayo bitazwi igihe izarangirira.

TAGGED:featuredHamasImpunziIntambaraIsraelSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muri Kigali Hatangijwe Ikoranabuhanga Riburira Ku Myuzure
Next Article IMPURUZA: Nkongwa Idasanzwe Yagarutse Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?