Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abaturage Barashinja Netanyahu Kubateranya N’Amerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abaturage Barashinja Netanyahu Kubateranya N’Amerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 May 2023 10:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage ba Israel baramukiye ku rugo rwa Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu riri i Yeruzalemu bamusaba guhagarika imyitwarire ye kubera ko iri kurakaza Amerika.

Bavuga ko ibyo akora bituma Amerika ibona ko ari kubangamira intego zayo mu Burasirazuba bwo hagati aho Israel na Palestine biherereye.

Ku rundi ruhande, bavuga ko ibyo akora biri gutuma abantu barangarira kuri Israel mu gihe Iran yo ikataje mu gukora bombe ya kirimbuzi ikoresha Iranium.

Ntibisanzwe ko mu bigaragambya aho ari ho hose ku isi usangamo abahoze mu ngabo benshi ariko muri iki gitondo abigarambya muri Israel abenshi nibo.

Abo baturage bavuga ko politiki za Netanyahu zituma i Washington barakara kandi uwo mujinya ukagira ingaruka ku mubano mwiza usanzwe hagati ya Amerika na Israel.

Abigaragambya bagize umutwe bise Brothers in Arms.

Polisi ya Israel yahururanye amafarasi kugira ngo ikumire ko hari abantu bagera mu rugo rwa Minisitiri w’intebe.

Polisi ya Israel yahuruye ngo ikumire

Hari abantu babiri bafashwe bajyanwa kubazwa iby’izi ntugunda bazindutse bateza kwa Netanyahu.

I Washington bavuga ko politiki z’ubuhezanguni  za Netanyahu n’abagize Guverinoma ye zituma imigambi y’Amerika mu Burasirazuba bwo hagati zikomwa mu nkokora.

TAGGED:AbaturageAmerikafeaturedIranIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyeshuri Babujijwe Gukoresha Umuhanda Nk’Umuharuro
Next Article Ubushinwa Burashinjwa Gutera Amerika Mu Buryo Bw’Ikoranabuhanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?