Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abatuye Gakenke Bagiye Kubona ‘Indi Mihanda’ Ya Kaburimbo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Abatuye Gakenke Bagiye Kubona ‘Indi Mihanda’ Ya Kaburimbo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 February 2021 7:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Akarere ka Gakenke kari kubakwamo imihanda ya kaburimbo ifite uburebure bwa Kilometero 101. Iyi mihanda irimo n’uzahuza Imirenge ya Gicuba na Janja kandi abayituye bakazajya bagera ku bitaro bya Gatonde bitabagoye.

Akarere ka Gakenke kari mu turere tutaragira imihanda ya kaburimbo myinshi.

Muri iki gihe, ubuyobozi bw’Akarere bufatanyije n’abafatanyabikorwa bako bari gukora uko bishoboka kugira ngo kabone ibikorwa remezo bikwirakwizwe hirya no hino.

Abatuye Gakenke kandi ni aba kabiri mu gutanga umusanzu w’ubwisungane kuko  bawutanze ku gipimo cya 92.5%.

Akarere ka  mbere ni Gisagara ifite abaturage batanze uriya musanzu ku kigero cya Gisagara 94. 4%.

Imirimo yo kubaka iyi mihanda yatangiye
Iriya mihanda izafasha abaturage kugera kwa muganga bitabagoye
Ibiro bishya by’Akarere ka Gakenke
TAGGED:AkarerefeaturedIbikorwaremezoKaburimbo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyarwanda ‘Yakoze Uruganda’ Rukora Inzoga Itemewe
Next Article Virus Y’Ibicurane By’Ibiguruka ‘Yageze Mu Bantu’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burera: Abagabo 12 Barakekwaho Gushimuta Inka Mu Minsi Mikuru  

Amafoto: Abaturage Ba Ngoma Bishwe N’Inkuba Bashyinguwe

Uko Umusaruro W’Ibihingwa Wagenze Mu Gihembwe Cya Nyuma Cya 2025

Centrafrique: Touadéra Yongeye Gutsinda Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Urutonde Rw’Ibyo Trump Asaba Umuyobozi Mushya Wa Venezuela

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

You Might Also Like

Ubukungu

Gusura Ingagi Umunyarwanda Azishyura $200, Mu Zindi Pariki Byifashe Bite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kagame Yashimiye Doumbouya Watorewe Kuyobora Guinée

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irototera Kuzakorera Iran Nk’Ibyo Yakoreye Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ifatwa Rya Maduro Ryatumye Igiciro Cya Zahahu N’ifeza Kizamuka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?