Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abatwa Basabirizaga i Bujumbura Basubijwe Mu Cyaro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abatwa Basabirizaga i Bujumbura Basubijwe Mu Cyaro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 January 2023 4:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri ishinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Burundi ivuga ku guhera kuri uyu wa Gatandatu taliki 07, Mutarama, 2023 yatangiye gusubiza mu cyaro Abatwa bari baraje gusabiriza i Bujumbura.

Minisitiri Pontien Hatungimana yavuze ko Guverinoma y’u Burundi yasanze itazashobora kujya ifasha umuntu ku giti cye, ahubwo ngo buri wese agomba gusubira mu muryango we akajya awufashirizwamo.

Minisitiri Pontien Hatungimana

Ku ikubitiro abantu 79 barimo abantu bakuru 38u n’abana 41 nibwo basubijwe mu mitumba( mu Kinyarwanda bayita Imidugudu) bakomokamo.

Guverinoma ivuga ko uzakenera gufashwa azafashwa biturutse ku makuru yatanzwe n’abayobozi b’aho atuye.

Ubuyobozi bw’u Burundi buvuga ko bwahagarukiye kurwanya ingeso yo gusabiriza kuko imaze gufata indi ntera mu Burundi.

Intego ni ugushishikiriza Abarundi gukora bakareka gushyira amaboko mu mifuka.

U Burundi ni kimwe mu bihugu bifite abaturage bakennye kurusha ibindi ku isi.

Imwe mu mpamvu zabiteye ni intambara zahamaze igihe bituma abaturage badatekana ngo bakore biteze imbere.

Il affirme que le @GenreMinistere ne va plus appuyer les gens individuellement, s'il y a des appuis à donner , le ministère répondra aux besoins exprimés par les responsables administratifs pic.twitter.com/SvcBTW1dO7

— RTNB (@RTNBurundi) January 7, 2023

TAGGED:AbatwaBujumburaBurundifeaturedGuverinoma
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyamakuru Bandagaje Perezida Wa Sudani Y’Epfo Basabiwe Gufungurwa
Next Article Abagore B’Abanyamulenge Bandikiye Umugore Wa Tshisekedi Ngo Abavuganire
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?