Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abayobozi Ba Amerika Barisukiranya Muri Israel
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Abayobozi Ba Amerika Barisukiranya Muri Israel

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 October 2025 10:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Marco Rubio aragera muri Israel mu ruzinduko rukurikira urwa Visi Perezida JD Vance, urw’intumwa ya Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati Steve Witkoff n’urw’umukwe wa Trump witwa Jared Kruner.

The Jerusalem Post yatangaje ko bari muri Israel ngo baganire nayo ibikwiye gukorwa muri iki gihe Hamas isa niyateye umugongo ibigize igice cya kabiri cy’amasezerano y’amahoro yateguwe na Trump.

Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu yahuye n’abo bayobozi mu minsi ishize ndetse bahura n’abandi bayobora inzego z’umutekano n’ubutasi muri iki gihugu.

Visi Perezida wa Amerika JD Vance yabwiye ubuyobozi bwa Israel ko Trump agikomeye ku ishyirwa mu bikorwa ry’umugambi we w’amahoro muri Gaza.

Kare kare mu gitondo cyo ku Cyumweru Trump yanditse kuri Truth Social ko niba Hamas ikomeje kwinangira ntikore ibyo isabwa, izarasanwa imbaraga.

Al Jazeera yanditse ko Hamas nayo ishinja Israel kudakurikiza mu buryo bwuzuye ibikubiye mu kiciro cya kabiri cy’amasezerano y’amahoro yateguwe na Trump.

Icy’ingenzi Hamas ishinja Israel kudakurikiza ni ugufungura umupaka wa Rafah uhuza Palestine na Misiri kugira ngo inkunga y’ibiribwa n’imiti ikomeze kugera muri Gaza.

TAGGED:AmasezeranoAmerikafeaturedHamasIntambaraIsraelTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasana Alfred Wari Ambasaderi Mu Buholandi Yagizwe Senateri
Next Article Nyakarundi Yaganirije Bagenzi Be Ba Somalia Na Qatar
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?