Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abayobozi Bakuru b’Ingabo Z’u Bwongereza Bashyizwe Mu Kato
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Abayobozi Bakuru b’Ingabo Z’u Bwongereza Bashyizwe Mu Kato

Last updated: 28 June 2021 12:36 pm
Share
SHARE

Minisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza Ben Wallace n’abayobozi bakuru batandatu b’ingabo basabwe kujya mu kato k’iminsi 10 iwabo mu ngo, nyuma yo guhura n’Umugaba Mukuru w’Ingabo bikaza kugaragara ko yanduye COVID-19.

Ni inama yabaye ku wa Kane, maze ku wa Gatanu General Sir Nick Carter asangwamo COVID-19. Inama yabereye muri Defence Academy muri Oxfordshire.

Muri iyo nama ngo bubahirije amabwiriza yo kwirinda, ariko basabwa kujya mu kato kubera ko bahuye n’umuntu wanduye COVID-19, nk’uko Minisiteri y’Ingabo mu Bwongereza yabitangaje.

Iyo nama yari yanitabiriwe n’abagaba b’ingabo zirwanira mu mazi (Royal Navy), ingabo zirwanira mu kirere na Strategic Command.

YabaWallace, General Sir Mark Carleton-Smith, Admiral Sir Tim Fraser, First Sea Lord Admiral Sir Tony Radakin, Air Chief Marshal Sir Mike Wigston na General Sir Patrick Sanders, imirimo ya gisirikare bazaba bayikorera mu ngo mu minsi icumi.

 

General Sir Nick Carter yanduye COVID-19

 

 

 

TAGGED:COVID-19featuredGeneral Sir Nick Carteru Bwongereza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Minsi Ine Abantu 35 000 Bafashwe Bishe Amabwiriza Kuri COVID-19-CP Kabera
Next Article CP Bizimungu Yagizwe Umuyobozi W’Abapolisi Bose Bari Mu Butumwa Muri Centrafrique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Tchad: Hadutse Intambara

Dr. Mugemana Wavuraga Rayon Sports Yapfuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: Abakozi Ba Leta Basabwe Kwiga Ikoranabuhanga Ry’Ubwenge Buhangano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hagiye Gukorwa Filimi Yerekana Ibyabereye Mu Bisesero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?