Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abenshi Bagarutse Muri Guverinoma Yari Iyobowe Na Ngirente
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Abenshi Bagarutse Muri Guverinoma Yari Iyobowe Na Ngirente

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 July 2025 8:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yashyizeho abagize Guverinoma nyuma y’uko agennye Minisitiri w’Intebe mushya Dr. Justin Nsengiyumva.

Uretse Minisitiri w’ibidukikije wagizwe Dr Bernadette Arakwiye na Dominique Habimana wagizwe Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu abandi bagarutse muri Guverinoma Nshya.

Abaminisitiri

Mu banyamahanga ba Leta, abashya ni Dr. Telesphore Ndabamenye wayoboraga RAB wabaye Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi.

Rinda Rusagara washinzwe kwegeranya no gucunga ishoramari rya Leta,

Jean de Dieu Uwihanganye ni Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibikorwaremezo.

Ikindi kirimo gishya ni uko ikigo kitwa Rwanda Convention Bureau n’Ikigo gishinzwe Petelori, Mini na Gazi bizacungwa na RDB.

Abanyamabanga ba Leta
TAGGED:AbaminisitirifeaturedGuverinomaKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC-Rwanda:Hasinywe Amasezerano Yo Gucyura Impunzi
Next Article Ubufaransa Burashaka Kwemera Palestine Nka Leta, Byarakaje Amerika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?