Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Adeline Rwigara Yahawe Igihe Gishya Azitabiraho RIB
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Adeline Rwigara Yahawe Igihe Gishya Azitabiraho RIB

admin
Last updated: 15 April 2021 5:55 pm
admin
Share
SHARE

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwemereye Mukangemanyi Adeline Rwigara kuzarwitaba nyuma ya tariki 20 Mata, kugira ngo azabe yunganiwe n’umunyamategeko we Gatera Gashabana muri iyi minsi utari mu gihugu.

Nyuma y’uko mu Cyumweru gishize Adeline Rwigara yatumijwe n’Ubugenzacyaha ntiyitabe kubera ibihe byo Kwibuka abazize Jenoside, uru rwego ruherutse kongera kumutumiza nabwo ntiyitaba.

Taarifa yabonye amakuru ko umwavoka we yandikiye RIB ayimenyesha ko atari mu gihugu, bityo umukiliya we yakwemererwa kuzitaba nyuma ya tariki 20 Mata.

Ni ubusabe bwemewe kubera ko ari uburenganzira bw’uwahamagajwe kugenda yunganiwe mu mategeko. Igihe adahari, umuntu ashobora kwitaba agahitamo guceceka ku byo abazwa.

Ubusanzwe iyo uwahamagajwe atitabye ku nshuro ya mbere, arongera agatumizwa kugeza ku nshuro ya gatatu.

Amategeko avuga ko iyo atitabye kuri iyo nshuro ashobora kuzanwa ku gahato, amaze kwerekwa urwandiko rumuzana ku gahato rwashyizweho umukono n’umushinjacyaha.

TAGGED:featuredRIBRwigara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyamabanga Mukuru Wa RPF Yijeje Kwimakaza Umubano N’u Burusiya
Next Article Uwari Umukwe Wa Kabuga Yatakambiye Urukiko Kubera Konti Zafunzwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?