Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Adeline Rwigara Yahawe Igihe Gishya Azitabiraho RIB
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Adeline Rwigara Yahawe Igihe Gishya Azitabiraho RIB

Last updated: 15 April 2021 5:55 pm
Share
SHARE

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwemereye Mukangemanyi Adeline Rwigara kuzarwitaba nyuma ya tariki 20 Mata, kugira ngo azabe yunganiwe n’umunyamategeko we Gatera Gashabana muri iyi minsi utari mu gihugu.

Nyuma y’uko mu Cyumweru gishize Adeline Rwigara yatumijwe n’Ubugenzacyaha ntiyitabe kubera ibihe byo Kwibuka abazize Jenoside, uru rwego ruherutse kongera kumutumiza nabwo ntiyitaba.

Taarifa yabonye amakuru ko umwavoka we yandikiye RIB ayimenyesha ko atari mu gihugu, bityo umukiliya we yakwemererwa kuzitaba nyuma ya tariki 20 Mata.

Ni ubusabe bwemewe kubera ko ari uburenganzira bw’uwahamagajwe kugenda yunganiwe mu mategeko. Igihe adahari, umuntu ashobora kwitaba agahitamo guceceka ku byo abazwa.

Ubusanzwe iyo uwahamagajwe atitabye ku nshuro ya mbere, arongera agatumizwa kugeza ku nshuro ya gatatu.

Amategeko avuga ko iyo atitabye kuri iyo nshuro ashobora kuzanwa ku gahato, amaze kwerekwa urwandiko rumuzana ku gahato rwashyizweho umukono n’umushinjacyaha.

TAGGED:featuredRIBRwigara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyamabanga Mukuru Wa RPF Yijeje Kwimakaza Umubano N’u Burusiya
Next Article Uwari Umukwe Wa Kabuga Yatakambiye Urukiko Kubera Konti Zafunzwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Huye: Abagabo Bane Bakurikiranyweho Gutema Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Yafashe Abategeraga Abantu Muri Gare Ya Nyanza Bakabambura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?