Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: AfroBAsket 2021: Amavubi Basketball Club yatsinzwe umukino warebwe na P.Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

AfroBAsket 2021: Amavubi Basketball Club yatsinzwe umukino warebwe na P.Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 November 2020 4:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukino waraye ubereye kuri Kigali Arena wahuje ikipe y’u Rwanda ya Basket yitwa Amavubi Basketball Club n’iya Sudani y’epfo warangiye Sudani y’Epfo  itsinze u Rwanda. Perezida Kagame yari yaje kuwureba ari kumwe na Minisitiri wa Siporo Madamu Aurore Munyangaju Mimosa.

Wari umukino wa nyuma w’itsinda rya D wabereye muri Kigali Arena uhuza  Amavubi Basketball na Sudani y’Epfo urangira Amavubi atsinzwe amanota 67-55.

Mu gace ka gatatu k’umukino, Amavubi Basketball yiminjiriyemo agafu yongera amanota ndetse atsinda aka gace afite manota 19-18 (51-41), agace ka nyuma ari nako karangije umukino  katsinzwe na Sudani y’Epfo ku manota 16-14 (67-55).

Umunyarwanda Olivier Shyaka niwe winjije amanota menshi kuko yitsinze amanota 17, akurikirwa n’Umunya Sudani y’Epfo witwa Makueri Puondak yatsinze amanota 13.

Amavubi Basketball Club arangije imikino yo mu itinda D nta mukino n’umwe atsinze.

Perezida Kagame yari ahibereye ariko yatengushywe n’uko u Rwanda rwatsindiwe iwarwo
Abakinnyi ba Sudani y’epfo barushije ab’u Rwanda babatsindira ku kibuga cyabo

Taarifa Rwanda

TAGGED:ArenaBasketballfeaturedKagameKigaliMunyangajuRwandaSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Aba Cardinals 13 bashya barimo na Kambanda bahuye na Papa Benedigito XVI
Next Article Nta na rimwe tuzemera ko inkozi z’ibibi zishyigikiwe n’amahanga ziduhungabanya- Museveni
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guverineri W’Intara y’Amajyaruguru Asaba Abaturage Kwitabira Gutera Ibiti

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Abanyarwandakazi Bafite Ubumuga Bwo Kutabona Barataka Kubera Ihohoterwa

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

FDLR Yarwanye Na Mai Mai

Imitangire Ya Serivisi Ntiranoga- RGB

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Ikawa Niyo Yinjirije u Rwanda Menshi Mu Bihingwa Rwagurishije Mu Mahanga

You Might Also Like

Ubukungu

RDB Yongereye Amasaha Yo Gufungura Utubari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

DJ Toxxyk Akurikiranyweho Kugonga Umupolisi Agapfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ibishanga Bya Kigali Byangizwa N’Ababisukamo Amazi Yanduye- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

UN Yemeza Ko Nta Nzara ‘Ikomeye’ Ikiri Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?