Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Afurika ikeneye miliyari $9 zo gukoresha mu guha abaturage urukingo rwa COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Afurika ikeneye miliyari $9 zo gukoresha mu guha abaturage urukingo rwa COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 December 2020 1:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi w’Ishami rishinzwe inkingo no kuziha abaturage muri OMS Dr Richard Mihigo avuga ko Afurika ikeneye byibura miliyari $9 zo kuyifasha guha abaturage bayo inking za COVID-19.

Kugeza ubu hari inkingo miliyari 1.4 zigomba kuzahabwa abaturage ba Afurika mu rwego rwo kubarinda kwandura no guhitanwa na kiriya cyorezo.

Dr. Richard Mihigo avuga ko ibihugu bigomba gukora uko bishoboye bigasaranganya inkingo za COVID-19 kugira ngo hatazagira ababura amahirwe yo gukingirwa.

Yavuze ati: “ OMS ifite umugambi wo gufasha mu gukingira abaturage b’Afurika bari hagati ya 60% na 70% kandi tuzabitangira mu ntangiriro ya 2021 n’ubwo bisaba amikoro menshi.”

Umugabane w’Afurika utuwe n’abaturage bari hagati ya miliyari 1.2 na miliyari 1.3.

Afurika igomba gushaka amikoro yo kubona ziriya nkingo nayo kuyifasha mu kuzigeza ku baturage.

TAGGED:AfurikaCOVID-19featuredUrukingo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuhanzi wo muri USA witwa Teddy Riley ari mu Rwanda, araganira n’abanyamakuru
Next Article Muhanga: Abari bagwiriwe n’ikirombe ejo, bavanywe munsi y’ubutaka ari bazima
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?