Guverinoma y’u Rwanda igiye gutangira gukingira abana bafite munsi y’imyaka irindwi(7) y’amavuko. Ni gahunda izatangira kuri uyu wa Mbere taliki 24 ikazageza taliki 28, Nyakanga, 2023....
Ubunyamabanga bw’Ishami ry’Umuryango W’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi, WHO/OMS, bwatangaje ko hari ubwoko bw’inkingo za Ebola ziri gukorwa ngo zizageragerezwe muri Uganda kuko izisanzwe ziriho zidahangamura...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Dr Tharcisse Mpunga yavuze ko inkingo za COVID-19 Abanyarwanda bahawe mu myaka ishize zisa n’izarangije igihe cyazo cyo gukora bityo...
Perezida Paul Kagame uri mu Busuwisi mu Nama y’Ihuriro ry’ubukungu mpuzamahanga aho amaze iminsi ahura n’abayobozi batandukanye kandi bari mu bakomeye ku isi. Kuri uyu wa...
Mu Budage aho Perezida Kagame ari, kuri uyu wa Gatatu yitabiriye Inama yo ku rwego rwo hejuru yiga uko mu gihe gito kiri imbere muri Afurika...