Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Afurika Iracyasuzugurwa Kuko Idakora nk’Igihugu Kimwe- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Afurika Iracyasuzugurwa Kuko Idakora nk’Igihugu Kimwe- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 February 2021 10:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame yaraye ababwiye Intiti zo mu Ishami rya Kaminuza ya Stanford ryigisha Politiki mpuzamahanga ryitwa Hoover Institution ko  imwe mu mpamvu zituma Umugabane w’Afurika udahabwa ijambo ari uko ibihugu biyigize bikiri bya nyamwigendaho. Asanga ibi bigira uruhare kuyibuza amahirwe harimo no kutabona urukingo rwa COVID-19 mu buryo bwihuse.

Kuri we kuba ibihugu by’Afurika bitunze ubumwe, bituma amahanga abikoresha uko ashaka ndetse hakaba n’ubwo akoresha kimwe kugira ngo kirwanye ikindi.

Umukuru w’u Rwanda ariko ashima ko muri iki gihe ibihugu by’Afurika biri gukanguka, bigahitamo kongera imbaraga mu bibihuza harimo no kuzangerera Umuryango ubihuza ariwo Umuryango w’Afurika yunze ubumwe.

Ati: “ Uku guhuza Afurika yunze ubumwe ntibyayongereye imbaraga mu mikoranire y’ibihugu byayo gusa ahubwo no mu mikemurire y’ibibazo byabyo.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umwenda Afurika ifitiye u Bushinwa…

Paul Kagame yavuze ko abantu benshi bakunze kuvuga ko bimwe mu bihugu by’Afurika byirunzeho umwenda munini bifitiye u Bushinwa, ariko abo bantu bakirengagiza ko hari indi mwenda ibindi byayo bifitiye USA binyuze mu masezerano yiswe Paris Club Arrangement.

Kuri we, umwenda wose ni umwenda hatitawe ku wawutanze, yaba Umushinwa, yaba Umunyamerika, yaba Umunyaburayi, icy’ingenzi kikaba kuwishyura.

Yongeye kandi kubwira abari bamuteze amatwi ko uburenganzira bwa muntu ari indangagaciro ku bantu bose, ko ntawari ukwiye kubwira abandi ko abarusha kubumenya cyangwa kubuharanira.

TAGGED:AfurikafeaturedKagameParisUmwenda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amabwiriza Mashya Areba Abasura U Rwanda
Next Article Ikinyuranyo Kinini Ku Bihembo Bya Miss 2021 N’Ibisonga Bye…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?