Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Afurika Iracyasuzugurwa Kuko Idakora nk’Igihugu Kimwe- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Afurika Iracyasuzugurwa Kuko Idakora nk’Igihugu Kimwe- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 February 2021 10:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame yaraye ababwiye Intiti zo mu Ishami rya Kaminuza ya Stanford ryigisha Politiki mpuzamahanga ryitwa Hoover Institution ko  imwe mu mpamvu zituma Umugabane w’Afurika udahabwa ijambo ari uko ibihugu biyigize bikiri bya nyamwigendaho. Asanga ibi bigira uruhare kuyibuza amahirwe harimo no kutabona urukingo rwa COVID-19 mu buryo bwihuse.

Kuri we kuba ibihugu by’Afurika bitunze ubumwe, bituma amahanga abikoresha uko ashaka ndetse hakaba n’ubwo akoresha kimwe kugira ngo kirwanye ikindi.

Umukuru w’u Rwanda ariko ashima ko muri iki gihe ibihugu by’Afurika biri gukanguka, bigahitamo kongera imbaraga mu bibihuza harimo no kuzangerera Umuryango ubihuza ariwo Umuryango w’Afurika yunze ubumwe.

Ati: “ Uku guhuza Afurika yunze ubumwe ntibyayongereye imbaraga mu mikoranire y’ibihugu byayo gusa ahubwo no mu mikemurire y’ibibazo byabyo.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umwenda Afurika ifitiye u Bushinwa…

Paul Kagame yavuze ko abantu benshi bakunze kuvuga ko bimwe mu bihugu by’Afurika byirunzeho umwenda munini bifitiye u Bushinwa, ariko abo bantu bakirengagiza ko hari indi mwenda ibindi byayo bifitiye USA binyuze mu masezerano yiswe Paris Club Arrangement.

Kuri we, umwenda wose ni umwenda hatitawe ku wawutanze, yaba Umushinwa, yaba Umunyamerika, yaba Umunyaburayi, icy’ingenzi kikaba kuwishyura.

Yongeye kandi kubwira abari bamuteze amatwi ko uburenganzira bwa muntu ari indangagaciro ku bantu bose, ko ntawari ukwiye kubwira abandi ko abarusha kubumenya cyangwa kubuharanira.

TAGGED:AfurikafeaturedKagameParisUmwenda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amabwiriza Mashya Areba Abasura U Rwanda
Next Article Ikinyuranyo Kinini Ku Bihembo Bya Miss 2021 N’Ibisonga Bye…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gasabo: Hafashwe Abanigaga Abantu Bakabambura

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

UN N’u Rwanda Mu Bufatanye Bufite Agaciro Ka Miliyari $1

Nduhungirehe Mu Nama Ihuza Afurika N’Uburayi

Hagiye Kongera Kwibukwa Imiryango Y’Abatutsi Yazimye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Kamerthe Ntashira Amakenga Iby’Amasezerano Y’Amahoro Ya DRC N’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

BAL: Ikipe Ya Libya Yatsinze APR BBC Yari Imaze Igihe Yitwaye Neza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Zahabu Igiye Kuba Indi Mari Ibitswe Muri BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ese Elon Musk Yavanywe Mu Nkoramutima Za Trump?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?