Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Afurika Y’Epfo: Abantu Barenga 52 Bahiriye Mu Igorofa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Afurika Y’Epfo: Abantu Barenga 52 Bahiriye Mu Igorofa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 August 2023 9:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abashinzwe ubutabazi muri Afurika y’Epfo baraye kandi baramukira mu kazi kenshi ko kuzimya inkongi yaraye yadutse muri rimwe mu magorofa ari i Johannesburg. Abantu 52 nibo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’iriya nkongi ariko hari indi mibare ivuga ko bagera kuri 60.

Kugeza ubu ntiharamenyekana icyateye iriya nkongi

Ikigo gishinzwe ubutabazi kitwa Emergency Services  cyabwiye BBC ko iriya nkongi yatangiye ahagana saa saba n’igice ku isaha mpuzamahanga, ubwo hari saa kenda n’igice z’ijoro ku isaha y’i Kigali.

Ku bw’amahirwe hari bamwe mu bakorera muri iriya nyubako bashoboye guhunga, ariko abandi b’abanyamirwe make bahasiga ubuzima.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umuvugizi w’Ikigo gishinzwe ubutabazi cyo muri Afurika y’Epfo witwa Robert Mulaudzi avuga ko hari impungenge ko umubare wabo umuriro wahitanye uri bwiyongere.

Avuga ko imirambo 52 ari yo imaze kuboneka ariko ngo baracyashakisha indi.

Ku rundi ruhande, ngo hari abantu 43 bakomeretse ‘bidakomeye.’

Amashusho yashyizwe ku rubuga nkoranyambaga rwa X ( rwahoze ari Twitter) yerekana amakamyo arimo kizimyamwoto ari kwihuta agana aho iriya nkongi yari yadutse ngo barebe ko bazimya hatarangirika byinshi.

Ubwo twandikaga iyi nkuru, Polisi yo muri Afurika y’Epfo yari igihanganye n’iriya nkongi.

- Advertisement -
TAGGED:AfurikafeaturedInkongiPolisiUmuriro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Rugo Rwishinzwe Umutungo W’Umuhungu Wa Bongo Bahasanze Umuba W’Amafaranga
Next Article Kwita Abana B’Ingagi Amazina Bimariye Iki Umuturage?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?