Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Airtel Rwanda Igiye Kugeza Murandasi Ya 4G Kuri Miliyoni Y’Abanyarwanda Bitarenze 2024
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Airtel Rwanda Igiye Kugeza Murandasi Ya 4G Kuri Miliyoni Y’Abanyarwanda Bitarenze 2024

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 October 2023 7:30 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo gitanga serivisi z’ikoranabuhanga n’itumanaho, Airtel Rwanda, cyatangije gahunda yo guha murandasi y’igisekuru cya kane Abanyarwanda bagera kuri miliyoni mu gihe kitarenze umwaka wa 2024.

Emmanuel Hammez uyobora Airtel Rwanda avuga ko hari telefoni bazanye ifite imbaraga zo kureberwaho filimi za Netflix ukoresheje 4G ya Airtel kandi ngo kuzigeza ku Banyarwanda benshi uko bishoboka niyo ntego y’ikigo ayoboye.

Ni igikoresho cyo kwitaba, guhamagara no gukoresha mu bya murandasi byo mu byiciro bitandukanye.

Iyo telefoni ifite agaciro ka Frw 20,000, ikaba yitwa AirtelImaginePhone.

Uyobora Airtel ku rwego rwa Afurika witwa Segun Ogunsanya wari mu muhango wo gutangiza iki gikorwa,  avuga ko  bishimiye uburyo Airtel Rwanda ikora kandi yishimiye ko iki kigo cyatangije gahunda yo kugeza murandasi y’igisekuru cya kane mu bitaruye Umujyi wa Kigali, ku ikubitiro bikaba byabereye muri Kabarondo mu Karere ka Kayonza.

Segun avuga ko murandasi ya 4G batangije mu Rwanda ari yo ihendutse kandi intego ari ukuzayigeza ku bantu benshi.

Meya w’Akarere ka Kayonza Jean Bosco Nyemazi yashimye Airtel Rwanda ko yahisemo kuza gutangiriza uriya mushinga mu karere ayobora kandi akizera ko bizagirira akamaro abagatuye.

Jean Bosco Nyemazi uyobora Akarere ka Kayonza

Ni  gahunda Artel Rwanda ishyigikiwemo na Minisiteri y’ikoranabuhanga na Inovasiyo.

Ubwo yavugaga ijambo nk’Umushyitsi mukuru mu itangizwa ry’iyi murandasi muri Kabarondo, Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo Madamu Paulo Musoni Ingabire yavuze ko Guverinoma y’u Rwanda isanganywe gahunda yo kugeza murandasi ihendutse ku Banyarwanda benshi cyane abo mu cyaro.

Minisitiri Ingabire Paula Musoni

Ni gahunda bose ConnectRwanda 2.0.

Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba yishimiye iyi gahunda ya Airtel na MYICT
Ni telefoni ihendutse kandi ikora nka router ikora neza

 

TAGGED:4GAirtelfeaturedMurandasiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda: Igihugu Cy’Abanywa Inzoga Nyinshi Kurusha Ahandi Muri Afurika
Next Article Jenerali Uyobora Gabon Yasuye u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?