Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Al Jazeera Yaciwe Muri Israel 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Al Jazeera Yaciwe Muri Israel 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 May 2024 12:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma ya Israel yanzuye yose ko Televiziyo yo muri Qatar yitwa Al Jazeera ifungwa kugeza igihe kitaratangazwa.

Inama ihagarika Al Jazeera yateraniye mu Nteko ishinga amategeko ya Israel hari taliki 01 , Gicurasi, yemeza ko iyo Televiziyo yo muri Qatar ifunga.

Abanya Israel bananzuye ko n’izindi Televiziyo zose zibangamiye umutekano zihagarika gukorera muri iki gihugu.

Kuri X Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu niwe witangarije ko bahagaritse iriya shene isanzwe ikorera muri Qatar.

Minisitiri ushinzwe itumanaho muri Guverinoma ya Israel witwa Shlomo Karhi avuga ko ibwiriza rya Minisitiri w’intebe wa Israel rihita rishyirwa mu bikorwa ako kanya.

Ikindi gikomeye ni uko n’ibikoresho by’iyi Televiziyo byahise bigwatirwa n’ubutegetsi bwa Israel.

Ibyo birimo caméras, microphones, ameza bakoreraho ibiganiro, mudasobwa na telefoni.

Umuyobozi wa Al Jazeera muri Israel no mu baturanyi bayo witwa Walid al-Omari yavuze ko ibiganiro byose byo mu Cyongereza n’Icyarabu byahagaritswe.

Israel ivuga ko abanyamakuru ba Al Jazeera baba bakorera mu kwaha kwa Hamas cyangwa ibihugu by’Abarabu.

TAGGED:featuredIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Grenade Zatewe Mu Murwa Mukuru W’Uburundi
Next Article Abagore Bakorera CIMERWA Barashimwa Ku Ruhare Ku Musaruro Wayo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?