Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Al Jazeera Yaciwe Muri Israel 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Al Jazeera Yaciwe Muri Israel 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 May 2024 12:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma ya Israel yanzuye yose ko Televiziyo yo muri Qatar yitwa Al Jazeera ifungwa kugeza igihe kitaratangazwa.

Inama ihagarika Al Jazeera yateraniye mu Nteko ishinga amategeko ya Israel hari taliki 01 , Gicurasi, yemeza ko iyo Televiziyo yo muri Qatar ifunga.

Abanya Israel bananzuye ko n’izindi Televiziyo zose zibangamiye umutekano zihagarika gukorera muri iki gihugu.

Kuri X Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu niwe witangarije ko bahagaritse iriya shene isanzwe ikorera muri Qatar.

Minisitiri ushinzwe itumanaho muri Guverinoma ya Israel witwa Shlomo Karhi avuga ko ibwiriza rya Minisitiri w’intebe wa Israel rihita rishyirwa mu bikorwa ako kanya.

Ikindi gikomeye ni uko n’ibikoresho by’iyi Televiziyo byahise bigwatirwa n’ubutegetsi bwa Israel.

Ibyo birimo caméras, microphones, ameza bakoreraho ibiganiro, mudasobwa na telefoni.

Umuyobozi wa Al Jazeera muri Israel no mu baturanyi bayo witwa Walid al-Omari yavuze ko ibiganiro byose byo mu Cyongereza n’Icyarabu byahagaritswe.

Israel ivuga ko abanyamakuru ba Al Jazeera baba bakorera mu kwaha kwa Hamas cyangwa ibihugu by’Abarabu.

TAGGED:featuredIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Grenade Zatewe Mu Murwa Mukuru W’Uburundi
Next Article Abagore Bakorera CIMERWA Barashimwa Ku Ruhare Ku Musaruro Wayo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?