Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amabuye Ya Nyarubuye Agiye Kubyazwa Umusaruro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Amabuye Ya Nyarubuye Agiye Kubyazwa Umusaruro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 January 2023 11:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
????????????
SHARE

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe buvuga ko buri kuganira n’abashoramari kugira ngo harebwe uko amabuye menshi kandi ateye neza ari mu Murenge wa Nyarubuye yabyazwa umusaruro.

Iyo uyarebera kure ubona ateye mu buryo bw’umutako.

Hari ayo ubona ashushe nk’inzoka, ibikeri n’izindi nyamaswa z’ibikururanda cyane cyane ko bikunda no kuyotaho cyangwa kuyugamamo izuba.

Aya mabuye aba mu Mirenge myinshi ya Kirehe ariko cyane cyane uwa Nyarubuye n’uwa Nasho.

Abaturage bo muri iyi mirenge bavuga ko ariya mabuye abatunze kuko hari abayacukura bakayagurisha bakabona amafaranga yo kwikenuza.

Umwe yabwiye RBA ati: “ Ayaba mabuye abagabo bacu barayacukura, bakayagurisha tugakuramo amafaranga ya mutuelle n’abana tukabagaburira tukabatangira n’ibyangombwa ku ishuri.”

Undi asaba Leta ko yabubakira uruganda rusya amabuye kuko kuyamenesha inyundo bibavuna.

Avuga ko abashoramari baramutse bahaje ari benshi byatanga imirimo kandi bikazamura aka karere.

Umuyobozi w’Akarere ka Kirehe Bwana Bruno Rangira avuga ko hari itsinda ryo muri RDB ryamaze kuvugana n’ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe kugira ngo harebwe uko ariya mabuye n’ubundi bwiza nyaburanga bw’aka Karere bwabyazwa umusaruro.

Ati: “ Hari  itsinda rya RDB ryaje kudusura kureba ama sites areba ubukerarugendo nyuma tukazareba umuntu uje gusura aho yazibanda harimo n’imisozi ya nyarubuye.”

Bruno Rangira

Rangira avuga ko ubuyobozi bwa Kirehe buri kureba niba nta bikorwa remezo byazubakwa kugira ngo  bifashe ba mukerarugendo gusura Nyarubuye na Nasho ntacyo bikanga.

Nyuma y’ibi ngo nibwo hazarebwa icyakorwa.

Nyarubuye ni umurenge wo muri Kirehe. Ni umurenge uri ku buso bwa  439 km².

TAGGED:AmabuyefeaturedImariKireheNyarubuyeRDB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article M23 Ikomeje Kumenesha Ingabo Za DRC
Next Article Ibihugu Bigize Umuhora Wo Hagati Birishimira Intambwe Yatewe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Hari Abayobozi Muri Guverinoma Bagiye Gusuzumisha Imyotsi Yo Mu Modoka Zabo

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Abanyamakuru Bashyiriweho Aho Batemerewe Mu Biro Bya Trump

Uruhare Rw’Abaturage Mu Bibakorerwa Nirwo Rwego Rwongereye Amanota Abaturage Baha Inzego

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

Trump Arashaka Gukura Ubushinwa Ku Ntebe Y’Isi Mu Kugura Amabuye Y’Agaciro ‘Adasanzwe’

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Zaria Igiye Kubona Umufatanyabikorwa Ukomeye

You Might Also Like

Mu mahanga

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?