Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amadolari($) Abanyarwanda Baba Mu Mahanga Baha U Rwanda Yaragabanutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Amadolari($) Abanyarwanda Baba Mu Mahanga Baha U Rwanda Yaragabanutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 March 2025 6:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Banki nkuru y’u Rwanda yatangaje ko Abanyarwanda baba mu mahanga bohereje mu Rwanda mu mwaka wa 2024 Miliyoni $ 502 mu gihe mu mwaka wa 2023 bohereje Miliyoni $505.

Bivuze ko habayeho kugabanukaho Miliyoni $3 mu mwaka umwe.

Miliyoni imwe y’amadolari y’Amerika ni Miliyari Frw 1.5, akaba amafaranga menshi kuko ashobora kubaka amashuri cyangwa ibigo nderabuzima mu cyaro, akaba yanakoreshwa mu kwegereza amazi abaturage.

Birumvikanisha ko igabanuka rya Miliyoni $3 ari rinini ku bukungu buto ariko bwiyubaka nk’ubw’u Rwanda.

Icyakora umusanzu Abanyarwanda baba mu mahanga batanga ku iterambere ry’u Rwanda muri rusange urashimwa.

Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu, Soraya Hakuziyaremye ati: “Akomeje kwiyongera ku gipimo gishimishije”.

Guverineri wa Banki nkuru y’u Rwanda Soraya Hakuziyaremye

Yungamo ko abashoramari bo hanze y’u Rwanda mu mwaka wa 2024 barushoyemo Miliyoni $ 573 mu 2024 mu gihe mu mwaka wa 2023 bari barushoyemo Miliyoni $ 458.

Mu mwaka wa 2020, ishoramari ryabo mu Rwanda ryari Miliyoni $ 274 n’aho mu mwaka wa 2021 riba Miliyoni $ 379, mu wakuriyeho ari wo 2022 rigera kuri miliyoni $ 461.

Muri rusange BNR ivuga ko ubukungu bw’u Rwanda buhagaze neza n’ubwo bugihura n’imbogamizi zishingiye ku bibera ku isi bikunze kugira ingaruka ku bukungu bwarwo nk’igihugu gikennye.

TAGGED:AbanyarwandaAmadolariAmerikaBankifeaturedHakuziyaremyeNkuruSorayaUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibifaro Bya Israel Byasubiye Muri Gaza
Next Article Nyanza: Afungiwe Kunyereza Ibiribwa By’Abanyeshuri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?