Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Akarasisi K’Ingabo Z’ U Burundi, Hari Abikuye Ishati
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amafoto: Akarasisi K’Ingabo Z’ U Burundi, Hari Abikuye Ishati

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 April 2021 6:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Cyumweru gishize mu Burundi Perezida Evariste Ndayishimiye yayoboye umuhango wo guha abasirikare be ipeti rya Sous Lieutenant. Habaye akarasisi kadasanzwe kuko hari bamwe mu bakagaragayemo, bakuye amashati, batambaye n’inkweto.

Bigaragararira muri video yatangajwe na Mashariki TV.

Ni umuhango wari uyobowe na  Perezida Evariste Ndayishimiye ari kumwe n’abandi bayobozi bakuru haba mu gisirikare no mu nzego za Politiki.

Akarasisi k’ingabo z’u  Burundi kari kayobowe na Major Berchmas Barekayabo.

Bamwe mu biyerekanye kandi bari abagore barimo uwavuze mu izina ryabo witwa Rachel Irakoze.

We hamwe na bagenzi be ndetse na bamwe mu basore bari bambaye imyenda ya siporo  ariko nta nkweto.

Undi wagaragaye muri uyu muhango ni Madamu Denise Nkurunziza, umupfakazi wa nyakwigendera Pierre Nkurunziza wayoboye u Burundi, agasimburwa na Evariste Ndayishimiye mu ntangiriro za 2020.

Hari kandi n’Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Burundi General Major Prime Niyongabo.

Mu bari bicaye imbere ariko ntihagaragayemo Minisitiri w’Intebe Alain Guillaume Bunyoni, wigeze no kuba Komiseri Mukuru wa Polisi y’u Burundi.

Perezida Ndayishimiye yabanje guhabwa ikaze mu kigo byabereyemo
Rachel Irakoze umwe mu bakobwa bari muri aka karasisi
Umusirikare mukuru agenzura uko iyi sibo ihagaze mu ngamba
Ikirango cy’ingabo z’u Burundi
Ingabo zihariye mu karasisi
Denise Nkurunziza yaje kureba akarasisi k’ingabo zahoze zitegekwa n’umugabo
Ingabo zishinzwe umutekano w’Umukuru w’igihugu zari maso
Iburyo bwa Perezida Ndayishimiye hari umugaba w’ingabo z’u Burundi Major Gen Prime Niyongabo
Perezida Ndayishimiye n’abandi basirikare bakuru babuhirije indirimbo ‘Burundi Bwacu’. Ni indirimbo yubahiriza igihugu cy’u Burundi
TAGGED:AbasirikareBurundiDenisefeaturedIngaboIpetiNdayishimiyePolitiki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yagiranye Ibiganiro N’Umuyobozi Mukuru Wa UNHCR
Next Article Hari Abajenerali Bashaka Guhirika Macron
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?