Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Akarasisi K’Ingabo Z’ U Burundi, Hari Abikuye Ishati
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amafoto: Akarasisi K’Ingabo Z’ U Burundi, Hari Abikuye Ishati

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 April 2021 6:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Cyumweru gishize mu Burundi Perezida Evariste Ndayishimiye yayoboye umuhango wo guha abasirikare be ipeti rya Sous Lieutenant. Habaye akarasisi kadasanzwe kuko hari bamwe mu bakagaragayemo, bakuye amashati, batambaye n’inkweto.

Bigaragararira muri video yatangajwe na Mashariki TV.

Ni umuhango wari uyobowe na  Perezida Evariste Ndayishimiye ari kumwe n’abandi bayobozi bakuru haba mu gisirikare no mu nzego za Politiki.

Akarasisi k’ingabo z’u  Burundi kari kayobowe na Major Berchmas Barekayabo.

Bamwe mu biyerekanye kandi bari abagore barimo uwavuze mu izina ryabo witwa Rachel Irakoze.

We hamwe na bagenzi be ndetse na bamwe mu basore bari bambaye imyenda ya siporo  ariko nta nkweto.

Undi wagaragaye muri uyu muhango ni Madamu Denise Nkurunziza, umupfakazi wa nyakwigendera Pierre Nkurunziza wayoboye u Burundi, agasimburwa na Evariste Ndayishimiye mu ntangiriro za 2020.

Hari kandi n’Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Burundi General Major Prime Niyongabo.

Mu bari bicaye imbere ariko ntihagaragayemo Minisitiri w’Intebe Alain Guillaume Bunyoni, wigeze no kuba Komiseri Mukuru wa Polisi y’u Burundi.

Perezida Ndayishimiye yabanje guhabwa ikaze mu kigo byabereyemo
Rachel Irakoze umwe mu bakobwa bari muri aka karasisi
Umusirikare mukuru agenzura uko iyi sibo ihagaze mu ngamba
Ikirango cy’ingabo z’u Burundi
Ingabo zihariye mu karasisi
Denise Nkurunziza yaje kureba akarasisi k’ingabo zahoze zitegekwa n’umugabo
Ingabo zishinzwe umutekano w’Umukuru w’igihugu zari maso
Iburyo bwa Perezida Ndayishimiye hari umugaba w’ingabo z’u Burundi Major Gen Prime Niyongabo
Perezida Ndayishimiye n’abandi basirikare bakuru babuhirije indirimbo ‘Burundi Bwacu’. Ni indirimbo yubahiriza igihugu cy’u Burundi
TAGGED:AbasirikareBurundiDenisefeaturedIngaboIpetiNdayishimiyePolitiki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yagiranye Ibiganiro N’Umuyobozi Mukuru Wa UNHCR
Next Article Hari Abajenerali Bashaka Guhirika Macron
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rusizi: Abajura Binjira Mu Bitaro Bakiba

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

You Might Also Like

Ubukungu

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umwami Wa Maroc Yandikiwe Ikiruhuko Kubera Uburwayi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?