Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Akazi K’Abafundi Bari Gusenya Stade Amahoro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Amafoto: Akazi K’Abafundi Bari Gusenya Stade Amahoro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 May 2022 4:06 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru y’uko Stade Amahoro izagurwa ikongererwa ubwiza n’ubuso yatangiye gutangazwa bwa mbere n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire, Rwanda Housing Authority, mu mwaka wa 2018.

Muri Werurwe, 2022 nibwo ibyavuzwe mu mwaka wa 2018 byatangiye gushyirwa mu bikorwa.

Hari amakuru avuga ko hagati ya Werurwe na Mata, 2022 iriya sitade izagurwa, ibyavuzwe guhera mu mwaka wa 2018 bigatangira gushyirwa mu bikorwa.

Niyuzura izaba ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 45 000 bicaye neza.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubwo imirimo nyirizina yo gutangira gusenya iriya stade yatangira ga, ku ikubitiro habanje gusuzumwa niba inkingi ziyiteruye zikomeye bihagije kugira ngo hatazabaho guhubuka  bakubakira ku nkingi zamunzwe, ikazahitana abantu.

Stade Amahoro

Stade Amahoro yubatswe mu rubavu rw’indi nzu nini y’imikino yitwa Kigali Arena.

Hari n’amakuru avuga ko igice cyose iriya sitade iherereyemo, kizatunganywa kikaba icy’imikino itandukanye.

Kigali Arena yo yuzuye mu mwaka wa 2019.

Ikigo kizavugura Sitade ya Amahoro ni icy’abanya –Turikiya kitwa SUMA

- Advertisement -

Sitade Amahoro yuzuye mu mwaka wa 1986, ikaba yari isanzwe ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 30 000 bicaye neza.

Yubatswe n’Ikigo cy’Abashinwa kitwa  China Civil Engineering Construction Corporation.

Hari umwe mu bagabo b’inararibonye witwa Callixte Karangwa  wabwiye Taarifa imirimo yo kubaka iyi Sitade yakurikiranirwaga hafi n’umugabo witwaga Kanamugire wakoraga muri Minisiteri y’urubyiruko, imikino n’amakoperative.

Amafoto Taarifa yabonye mu buryo bwayo yerekana ko hari inkingi zamaze gusenywa, ibyumba nabyo biba uko ndetse n’aho abantu bicara hatangiye kuvugururwa.

Babanje gukomeza inkingi z’ibyumba abantu biteruye aho abafana bazicara
Ni akazi bicugwa ko kazamara imyaka ibiri
Abafundi bakorera ikigo SUMA bari mu kazi
Buri wese mu kazi ke
Ni akazi gakorwa n’abantu benshi kandi bakorera hamwe
Ibitaka byavanywe ahari gusanwa
Imashini za rutura nizo ziri gukora akazi ko gusenya
Umwe mu miryango abafana binjiriramo
TAGGED:AbaturageAmahorofeaturedInzuStade
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Afurika Izahora Ifite Uruhare Mu Gucyemura Ibibazo Bireba Isi- Kagame
Next Article Louise Mushikiwabo Ari Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?