Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Intwaro RDF Yambuye Abarwanyi Bateye Baturutse I Burundi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Amafoto: Intwaro RDF Yambuye Abarwanyi Bateye Baturutse I Burundi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 May 2021 3:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’itangazo rya Minisiteri y’ingabo rivuga ko hari abarwanyi bo mu mutwe wa Front de Libération National( FLN) baraye bateye u Rwanda, ingabo zarwo zikabasubizayo, hari amafoto yasohotse yerekana bimwe mu bikoresho bambuwe.

Muri byo harimo imbunda za AK 47 ziriho udupaki tuba dupfunyitse amasasu( magazines), ibikoresho byo kwifashisha mu rugendo birimo n’amandazi yo kurya, ibinini, icyuma cyo kumeza, serenge( siringue) zo kwa muganga n’ibindi.

Hari kandi n’ibiribwa ingabo z’u Burundi zikoresha ku rugamba bipfunyitse mu twuma twanditseho ko byakorewe mu Bushinwa.

Babafatanye kandi ibitambaro bipfuka abakomerekeye ku rugamba bita bandes.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kandi RDF yari yanditse ko hari na grenade imwe, icyombo kimwe cyo mu bwoko bwa Motorola n’imiguru ibiri y’impuzankano z’ingabo z’u Burundi babafatanye.

Bariya barwanyi bambutse umugezi wa Ruhwa utandukanya Komini ya Mabanza mu Burundi n’Umurenge wa Bweyeye mu Karere ka Rusizi ariko basanga ingabo z’u Rwanda zabateze igico zirabarasa abandi basubira mu ishyamba rya Kibira ari n’aho bivugwa ko bashinze ibirindiro.

Umurambo w’umwe muri aba barwanyi
Bitwaje ibikoresho birimo n’ibiribwa, imiti n’ibindi
Barashwe bateshwa ifunguro bari bitwaje
Iyi ni imwe mu mbunda yo mu bwoko bwa AK 47 bari bitwaje
TAGGED:AbarwanyiBurundifeaturedIntwaroRDF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuvuno Wa Politiki Mpuzamahanga Ya Macron
Next Article Impamvu Itera Abakoresha Kutorohera Abakozi Babo ‘Ku Kazi’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?