Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Nyamagabe Babukereye Bagiye Kwakira Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Amafoto: Nyamagabe Babukereye Bagiye Kwakira Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 August 2022 8:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ahitwa Nyagisenyi hafi y’Ibiro by’Akarere ka Nyamagabe, abaturage bariraye ku kababa ngo bakire Perezida Paul Kagame uri mu ruzinduko mu Ntara y’Amajyepfo.

Ni Akarere ka Gatatu asuye kuko yahereye mu Karere ka Ruhango, aho yaganiriye n’abaturage, ahavuye ajya muri Huye aho yaraye aganiriye n’abavuga rikijyana.

Baganiriye ku ngingo zirimo uko ibikorwa byo guteza imbere abaturage byakongerwamo imbaraga kugira ngo buri ‘muturage abeho neza.’

Muri iki gitondo, Umukuru w’u Rwanda arakomereza mu Karere ka Nyamagabe, aganire n’abahatuye.

Nyamagabe ni Akarere gafite Imirenge 17, Kari ku buso bwa 1090 Km2.

Imibare igaragara ku rubuga rw’aka Karere ivuga ko gatuwe n’abaturage 374,098 muri bo abagabo ni 183,380, n’aho abagore bakaba 190,790.

Ibiro by’Akarere ka Nyamagabe biherereye mu Murenge wa Gasaka, Akagari ka Nyamugari, Umudugudu wa Nyarusange.

Abaturage bazindutse ngo bakire Umukuru w’igihugu cyabo
Baramwakirira ahitwa Nyagisenyi
TAGGED:AbaturagefIntaraKagameNyamagabe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyamahanga Barashinjwa Kwivanga Mu Matora Yo Muri Kenya
Next Article RIB Irabahigisha Uruhindu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?