Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Nyamagabe Babukereye Bagiye Kwakira Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Amafoto: Nyamagabe Babukereye Bagiye Kwakira Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 August 2022 8:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ahitwa Nyagisenyi hafi y’Ibiro by’Akarere ka Nyamagabe, abaturage bariraye ku kababa ngo bakire Perezida Paul Kagame uri mu ruzinduko mu Ntara y’Amajyepfo.

Ni Akarere ka Gatatu asuye kuko yahereye mu Karere ka Ruhango, aho yaganiriye n’abaturage, ahavuye ajya muri Huye aho yaraye aganiriye n’abavuga rikijyana.

Baganiriye ku ngingo zirimo uko ibikorwa byo guteza imbere abaturage byakongerwamo imbaraga kugira ngo buri ‘muturage abeho neza.’

Muri iki gitondo, Umukuru w’u Rwanda arakomereza mu Karere ka Nyamagabe, aganire n’abahatuye.

Nyamagabe ni Akarere gafite Imirenge 17, Kari ku buso bwa 1090 Km2.

Imibare igaragara ku rubuga rw’aka Karere ivuga ko gatuwe n’abaturage 374,098 muri bo abagabo ni 183,380, n’aho abagore bakaba 190,790.

Ibiro by’Akarere ka Nyamagabe biherereye mu Murenge wa Gasaka, Akagari ka Nyamugari, Umudugudu wa Nyarusange.

Abaturage bazindutse ngo bakire Umukuru w’igihugu cyabo
Baramwakirira ahitwa Nyagisenyi
TAGGED:AbaturagefIntaraKagameNyamagabe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyamahanga Barashinjwa Kwivanga Mu Matora Yo Muri Kenya
Next Article RIB Irabahigisha Uruhindu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?