Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Perezida Kagame Yakiriye Abayobora MasterCard Foundation
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Amafoto: Perezida Kagame Yakiriye Abayobora MasterCard Foundation

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 June 2022 5:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame mu Biro bye yakiriye abayobora Ikigo MasterCard Foundation mu Rwanda baraganira. Ntiharatangazwa ibyaganiriweho. Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi  ya Mastercard Foundation witwa Zein M. Abdalla.

Ubusanzwe Mastarcard Foundation ni ikigo cyo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika gikora imirimo yo guteza imbere urubyiruko mu ngeri z’ubuzima zitandukanye harimo no kwihangira imirimo.

Ibikorwa byayo bikorerwa mu miryango y’abatishoboye cyangwa itaratera imbere mu yo muri Canada ndetse niyo muri Afurika.

Gishyira imbaraga mu gutuma urubyiruko rw’abagenerwabikorwa rugira ubushobozi bwo gutanga ibitekerezo biruteza imbere no guharanira ko ibyo bitekerezo bituma bigirira n’ibihugu akamaro.

Mu gushyira mu bikorwa izi ntego, Mastecard Foundation ikorana n’ibigo by’abikorera, abaterankunga runaka na sosiyete sivile.

Muri Afurika, uyu muryango ukorera muri Ethiopia, Ghana, Kenya, Nigeria, Rwanda, Senegal na Uganda.

Perezida Kagame yizihiwe n’ikiganiro cya bariya bashyitsi
Barimo abantu bakuru bishyize hamwe n’abakiri bato ngo bahindure ubuzima bwa benshi bube bwiza.
Yabakiririye mu Biro bye mu Urugwiro
Ifoto rusange y’abashyitsi hamwe na Perezida Kagame
TAGGED:AfurikafeaturedKagameMastercardUmuryango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rurashaka Kuzagurisha Zahabu Abazitabira CHOGM
Next Article Ntabwo u Rwanda Rushaka Kurwana Na DRC- Minisitiri Biruta
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Akurikiranyweho Kugonga Umupolisi Agapfa

Ibishanga Bya Kigali Byangizwa N’Ababisukamo Amazi Yanduye- Minisitiri Arakwiye

Rwanda: Abana Bafite Ubumuga Baracyahishwa Mu Ngo

UN Yemeza Ko Nta Nzara ‘Ikomeye’ Ikiri Muri Gaza

Umunya Iraq Wahoze Ari Impunzi Yatorewe Kuyobora UNHCR

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Guinée-Bissau: Inshuti Y’Uwahoze Ari Perezida Yafatiwe Mu Ndege Afite Ivarisi Yuzuye Amafaranga

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

MINAGRI Yemeje Urwego Rwemerewe Kwita Ku Mbuto

Ruhango: Bakurikiranyweho Kwica Urubozo Uwo Bafitanye Isano

Tshisekedi Arashaka Ubufasha Bwa Gisirikare Bwa Angola

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rusizi: Hafatiwe Uvugwaho Gusiga Yishe Sewabo Wagaba i Rulindo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abavoka Basaba Ruswa Batokoza Ubutabera- Mukantaganzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ibishanga Bya Kigali Biri Gutunganywa Bizatahwa Muri Kamena 2026-REMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kagame Yibukije Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Ko Ruswa Ikiri Ikibazo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?