Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Uko Ibirori Rwanda Summer Golf Byagenze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoPolitiki

Amafoto: Uko Ibirori Rwanda Summer Golf Byagenze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 July 2022 8:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakunda kwidagadura banakina umukino wa Golf baraye bahuriye mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana baridagadura.

Baboneyeho no kwamamaza bimwe mu byo bakora ndetse abitwaje agafaranga barahaha.

Ni ibirori byari bibaye ku nshuro ya Gatatu kandi byitabiriwe n’abantu benshi.

Kuri iyi nshuro byitabiriwe cyane kuko mu zaziyibanjirije habayemo ikibazo cy’uko abantu bagombaga kwidagadura ariko banirinda COVID-19.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kuyirinda byasabaga guhana intera no kwambara agapfukamunwa ariko kuri iyi nshuro abantu bisanzuye kurushaho.

Abenshi mu babyitabiriye banaboneyeho kuhamurikira ibyo bakora.

Ntabwo ari ibirori gusa ahubwo byabaye n’uburyo bwo gucuruza no kumenyana hagati ya ba rwiyemezamirimo.

Iki gikorwa cy’umunsi umwe cyakozwe no mu buryo bwo kwimakaza gahunda ya TemberURwanda.

Cyatewe inkunga n’inzego zitandukanye zirimo CIMERWA Cement Limited Rwanda, Volkswagen Rwanda (VW)  n’ibindi bigo.

- Advertisement -

Kugira ngo imbeho y’umugoroba itagira uwo yica, hari n’abahanzi cyangwa abandi bashyushyarugamba.

Kugera aho bibera uturutse i Kigali ni urugendo rw’iminota 40.

Falcon Golf & Country Club aho byabereye ni mu Mudugudu wa Nyamabuye, Akagari ka Gati, Umurenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana.

Bicaye bafata akayaga ko kuri Muhazi
Buri wese yerekanye ubuhanga bwe mu gutera agapira ka Golf
Innocent Rutamu( wambaye umupira w’ubururu) ari gukina Golf na mugenzi we
Hari abantu barenga 200
Ni ibirori ngarukamwaka
TAGGED:ImikinoMuhaziRutamuRwamagana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Itsinda Ry’Ingabo Zo Mu Karere Zasuye Uburasirazuba Bwa DRC
Next Article Ingaruka Zo Gukorera Abaturage Ibyo Batagishijweho Inama, Isoko Ryabuze Abarirema
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbutabera

Kigali: Mu Minsi 10 Polisi Imaze Gufata Ibilo 50 By’Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

AI: Igikoresho Cy’Ingirakamaro Ku Munyamakuru Uzi Icyo Ashaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?