Amafoto: Umutoza Wa APR FC Yasezeweho

Abafana ba APR FC n’abakunda umuziki muri rusange basezeye ku Umunya-Tunisia Dr Adel Zrane wari umutoza wongerera imbaraga abakinnyi uherutse gutabaruka.

Icyateye urupfu rwe ntikiramenyekana kuko Urwego rw’ubugenzacyaha, RIB, rukibikoraho iperereza.

Nyuma yo gusezerwaho, umurambo we uzajyanwa gushyingurwa muri Tunisia

Kumusazeraho byabereye ku cyicaro cya APR FC ku Kimihurura.

- Advertisement -
Abakozi ba APR FC baje gusezera ku mutoza
Yari asanzwe ari umutoza wongerera abakinnyi imbaraga

Mu bitabiriye uyu muhango harimo umugore we Maha Baer.

Yavuze ko mu buzima bwe yamuhaye byose avuga ko asobanuye byose kuri we kandi ko azahora amwibuka kugeza ku mwuka we wa nyuma.

Mu bayobozi b’amakipe bitabiriye uyu muhango harimo Umunyamabanga Mukuru wa Rayon Sports Namenye Patrick, Bayingana Innocent ushinzwe ibikorwa bya AS Kigali, Umuyobozi Nshingwabikorwa wa Mukura VS witwa Musoni Protais n’umutoza wayo Afahania Lotfi ukomoka mu gihugu kimwe na nyakwigendera n’abandi batandukanye.

Abayobozi muri APR FC baje gusezera ku mutoza wa APR uherutse gupfa amarabira
Kubura mugenzi wabo byabashenguye
Umugore wa nyakwigendera
Yasezereweho ku biro bya APR FC biri ku Kimihurura

Amafoto@Kigali Today

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version