Komisiyo Y’amatora Imaze Gutangaza Umubare W’Abashaka Kwiyamamaza

Abantu umunani nibo batanze kandidatire yo kuziyamamariza kuyobora u Rwanda. Komisiyo y’igihugu y’amatora yabwiye abanyamakuru ko hari n’abandi 41 basabye impapuro zo kujya gushaka imikono, ibemerera kwiyamamariza kujya mu Nteko…

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -
- Advertisement -
CALI FITNESS CALI FITNESS

Komisiyo Y’amatora Imaze Gutangaza Umubare W’Abashaka Kwiyamamaza

Abantu umunani nibo batanze kandidatire yo kuziyamamariza kuyobora u Rwanda. Komisiyo y’igihugu…

Bugesera: Yapfushije Impanga Yari Amaze Igihe Asabira Ubufasha

    Umubyeyi wo mu Bugesera witwa Tuyishimire Alice yapfushije indi yari…

Rusizi: Ikigo Nderabuzima Cya Shagasha Cyabaye Igisubizo Ku Baturage

Dukuzumuremyi Anne Marie ushinzwe imibereho myiza y'abaturage mu Karere ka Rusizi ashima…

Ryandikayo Na Charles  Sikubwabo Bashakishwaga Kubera Jenoside Barapfuye

Ni ibyemezwa n'Urwego rwasigariye ruburanisha imanza zasizwe n’icyahoze ari Urukiko Mpanabyaha rwashyiriweho…

- Advertisement -

Abarenga Icya Kabiri Cy’Abatuye Zimbabwe Barashonje Cyane

Zimbabwe ni cyo gihugu cyazahajwe n'ingaruka za El Nino zabiteye kwadukamo uruzuba rwatumye haduka amapfa ubu…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Tanzania: Ambasade Y’Amerika Yahagaritse Gukora Kubera Murandasi Nke

Ibiro bya Ambasade y'Amerika muri Tanzania yatangaje ko ibaye ihagaritse imirimo kuko murandasi ari nke cyane.…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Mutharika Wahoze Uyobora Malawi Arashaka Kugaruka Ku Butegetsi

Peter Mutharika wahoze uyobora Malawi yatangaje ko ashaka kongera kuba Perezida wa Malawi mu matora azaba…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Ni Iki Cyateje Ibibazo Bya Murandasi Mu Rwanda No Mu Karere?

Umuhanga mu by'ikoranabuhanga witwaB en Roberts wo mu kigo Liquid Intelligent Technologies yabwiye BBC ko rumwe…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
- Advertisement -

APR BBC Muri BAL Yatsindiwe Muri Senegal Ku Mukino Ubanziriza Uwa Nyuma

Rivers Hoopers  yo muri Nigeria yaraye itsinze APR BBC ku manota 78 kuri 71 bituma Hoopers ikatisha tike iyemerera kuzaza…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa 2 Min Read

Nyuma Y’Imyaka Icyenda Police FC Yisubije Igikombe Cy’Amahoro

Umutoza wa Polisi FC, abakinnnyi, ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda n’abafana b’iyi kipe baraye bishimye kubera intsinzi y’igikombe cy’amahoro bari…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa 2 Min Read

Manizabayo Karadiyo Na Djazila Batwaye Isiganwa Rwo Kwibuka Jenoside

Umukinnyi wa Benediction, Manizabayo Eric wamamaye ku izina rya  Karadiyo na Umwimikazi Djazila baraye begukanye isiganwa ry’amagare ryo kwibuka ku…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa 3 Min Read

Uwafanaga Rayon Akajya Muri APR Yirukanywe Aho Yakodeshaga

Uwo ni uwamenyekanye nka Sarpong akaba yari umufana ukomeye wa Rayon Sports. Mu minsi mike ishize yahisemo kujya muri APR…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa 4 Min Read
- Advertisement -