Amafoto Yaranze RDF Ihabwa Ipeti Na Perezida Kagame

 Mu Kigo cya gisirikare cya Gako mu Karere ka Bugesera kuri uyu wa Mbere taliki 15, Mata, 2024, Perezida Kagame yahaye abasirikare ipeti rya Sous Lieutenant ribinjiza muri ba ofisiye bato.

Ni igikorwa cyari cyitabiriwe n’abandi  basirikare bakuru, ababyeyi n’inshuti z’abarangije ayo masomo ndetse n’inshuti z’u Rwanda.

Muri byinshi yagarutseho mu ijambo yabagejejeho, Perezida Kagame yabasabye kwanga agasuzuguro no kuzirikana ko umurimo wabo ari ingenzi ku buzima bw’igihugu.

Hasi hari amafoto yerekana muri rusange uko uyu muhango wagenze:

- Advertisement -
Ubwo Perezida Kagame yari ageze i Gako
ibumoso hari Gen Muganga Mubarakh, umugaba w’ingabo n’umuyobozi w’ikigo cya Gako Brg Gen Franco Rutagengwa iburyo
Perezida Kagame abagezaho ijambo yabateguriye
Mu ndamukanyo ya gisirikare
Perezida Kagame asuhuza umwana muto
Umuvugizi wa RDF wungirije Lt Col Simon Kabera
Abakobwa bari mu mwiyerekano
Basaza babo ni uko
Ni umwiyerekano uri mu yateguwe neza kurusha iyindi kandi ugaragaramo ibikoresho bishya
Ingabo zirwanira ku butaka zahawe imbunda nshya n’ibyuma bireba mu ijoro
Harakabaho u Rwanda n’Abanyarwanda
Bafatanyije kwambikana amapeti
Abayobozi bakuru b’ingabo z’u Rwanda
Ababyeyi baje mu birori by’abana babo

Amafoto@UrugwiroVillage

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version