Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto Yaranze RDF Ihabwa Ipeti Na Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Amafoto Yaranze RDF Ihabwa Ipeti Na Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 April 2024 8:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 Mu Kigo cya gisirikare cya Gako mu Karere ka Bugesera kuri uyu wa Mbere taliki 15, Mata, 2024, Perezida Kagame yahaye abasirikare ipeti rya Sous Lieutenant ribinjiza muri ba ofisiye bato.

Ni igikorwa cyari cyitabiriwe n’abandi  basirikare bakuru, ababyeyi n’inshuti z’abarangije ayo masomo ndetse n’inshuti z’u Rwanda.

Muri byinshi yagarutseho mu ijambo yabagejejeho, Perezida Kagame yabasabye kwanga agasuzuguro no kuzirikana ko umurimo wabo ari ingenzi ku buzima bw’igihugu.

Hasi hari amafoto yerekana muri rusange uko uyu muhango wagenze:

Ubwo Perezida Kagame yari ageze i Gako
ibumoso hari Gen Muganga Mubarakh, umugaba w’ingabo n’umuyobozi w’ikigo cya Gako Brg Gen Franco Rutagengwa iburyo
Perezida Kagame abagezaho ijambo yabateguriye
Mu ndamukanyo ya gisirikare
Perezida Kagame asuhuza umwana muto
Umuvugizi wa RDF wungirije Lt Col Simon Kabera
Abakobwa bari mu mwiyerekano
Basaza babo ni uko
Ni umwiyerekano uri mu yateguwe neza kurusha iyindi kandi ugaragaramo ibikoresho bishya
Ingabo zirwanira ku butaka zahawe imbunda nshya n’ibyuma bireba mu ijoro
Harakabaho u Rwanda n’Abanyarwanda
Bafatanyije kwambikana amapeti
Abayobozi bakuru b’ingabo z’u Rwanda
Ababyeyi baje mu birori by’abana babo

Amafoto@UrugwiroVillage

TAGGED:AbasirikarefeaturedGakoKagameRDF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article AS Kigali Yakuye APR FC Amata Mu Kanwa
Next Article Mu Minsi Yo Kwibuka Hari Abashinze Imisaraba Bashinyagurira Abarokotse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Taylor Swift Yemeye Kurushinga

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbukungu

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?