Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto Yaranze RDF Ihabwa Ipeti Na Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Amafoto Yaranze RDF Ihabwa Ipeti Na Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 April 2024 8:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 Mu Kigo cya gisirikare cya Gako mu Karere ka Bugesera kuri uyu wa Mbere taliki 15, Mata, 2024, Perezida Kagame yahaye abasirikare ipeti rya Sous Lieutenant ribinjiza muri ba ofisiye bato.

Ni igikorwa cyari cyitabiriwe n’abandi  basirikare bakuru, ababyeyi n’inshuti z’abarangije ayo masomo ndetse n’inshuti z’u Rwanda.

Muri byinshi yagarutseho mu ijambo yabagejejeho, Perezida Kagame yabasabye kwanga agasuzuguro no kuzirikana ko umurimo wabo ari ingenzi ku buzima bw’igihugu.

Hasi hari amafoto yerekana muri rusange uko uyu muhango wagenze:

Ubwo Perezida Kagame yari ageze i Gako
ibumoso hari Gen Muganga Mubarakh, umugaba w’ingabo n’umuyobozi w’ikigo cya Gako Brg Gen Franco Rutagengwa iburyo
Perezida Kagame abagezaho ijambo yabateguriye
Mu ndamukanyo ya gisirikare
Perezida Kagame asuhuza umwana muto
Umuvugizi wa RDF wungirije Lt Col Simon Kabera
Abakobwa bari mu mwiyerekano
Basaza babo ni uko
Ni umwiyerekano uri mu yateguwe neza kurusha iyindi kandi ugaragaramo ibikoresho bishya
Ingabo zirwanira ku butaka zahawe imbunda nshya n’ibyuma bireba mu ijoro
Harakabaho u Rwanda n’Abanyarwanda
Bafatanyije kwambikana amapeti
Abayobozi bakuru b’ingabo z’u Rwanda
Ababyeyi baje mu birori by’abana babo

Amafoto@UrugwiroVillage

TAGGED:AbasirikarefeaturedGakoKagameRDF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article AS Kigali Yakuye APR FC Amata Mu Kanwa
Next Article Mu Minsi Yo Kwibuka Hari Abashinze Imisaraba Bashinyagurira Abarokotse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?