Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amag The Black Avuga Ko Indangagaciro Ze Zitamwemerera Kurwana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Amag The Black Avuga Ko Indangagaciro Ze Zitamwemerera Kurwana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 August 2022 12:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuraperi Amag The Black yabajijwe icyo yakora aramutse ahuye na mugenzi we witwa P-Fla akamwendereza. Uwamuhaga ikiganiro yamubajije niba yamutinyuka akamujya mu mitsi bakarwana, undi asubiza ko ibyo atabikora.

Uwamubajije yagize ati: “ Tuvuge uhuye na P-Fla nta mafaranga bashyizeho, ariko babashyize muri ring, wenda mwarashyogoranyije, umwe yabwiye undi nabi agira ate…mukarwana, wamunesha?”

Umuraperi Amag The Black mu bwenge bwinshi yasubije ko ibyo kurwana na P-Fla atabikora,

Ati: “ P-Fla duhuye agashaka ibyo kurwana, kubera indangagaciro mfite nakwirukanka…”

Abafana ba Amag The Black bashimye igisubizo kihuse kandi kirimo ubwenge cy’uyu muraperi.

Uretse no kuba ivuga ko indangagaciro ze zitamwemerera kurwana, amategeko y’u Rwanda nayo arabihanira.

View this post on Instagram

A post shared by pendo anita (@anita.pendo2)

Uyu P-Fla uvugwa ubusanzwe yitwa Amani Murerwa Hakizimana. Ni umwe mu baraperi ba kera mu Rwanda ariko utarahiriwe n’uyu mwuga kubera ingaruka zo gukoresha ibiyobyabwenge.

Icyakora aherutse gutangariza The New Times ko yahindutse, ubu ‘yabaye umwana mwiza.’

Mu mwaka wa 2017 nibwo yavuye mu bigo ngororamuco, aho yigiye uko yakwikura ku ngoyi y’ibiyobyabwenge.

Muri iki gihe avuga ko yiyemeje gukomeza gukora neza, akazamura umuziki.

Avuga ko yahindutse ndetse ngo abanye neza n’umukunzi we mushya witwa Aline.

P-Fla ubusanzwe yitwa Amani Murerwa Hakizimana

 

TAGGED:Amag-The BlackP-FlaUmuraperi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rayon Sports Yakiriye Rwatubyaye WAGARUTSE Kuyikinamo
Next Article Pasiteri Muri ADEPR Aravugwaho Ingengabitekezo Ya Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

The Ben Yacuranze Gitari Na Piyano Atari Abizwiho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Bwiza Aritegura Igitaramo Kizahura N’Isabukuru Ye Y’Amavuko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?