Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amahanga Akora Bike Kugira Ngo Impunzi Zitahuke-Angelina Jolie
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amahanga Akora Bike Kugira Ngo Impunzi Zitahuke-Angelina Jolie

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 June 2021 11:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukinnyi wa Filime w’icyamamare ku rwego rw’isi Angelina Jolie ari muri Burkina Faso ayo yagiye guhumuriza impunzi zo muri Mali zahahungiye.

Jolie asanzwe ari na Ambasaderi w’umukorera bushake w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR.

Impunzi zibarirwa mu bihumbi zimaze igihe ziri mu Majyaruguru ashyira Uburasirazuba bwa Burkina Faso.

Ubutumwa Angelina Jolie yagejeje kuri ziriya mpunzi bwibanze ku kizere zigomba kugira cy’uko igihe nikigera zizatahuka.

Ku rundi ruhande ariko yanenze abayobozi mu nzego za Politiki badashyiraho umuhati wose ukenewe kugira ngo abavanywe mu byabo bashobore gutaha, basubire mu byabo.

Yagize ati: “Dukora bike ngo abavuye mu byabo bashobore gutaha cyangwa se ibihugu bibacumbikiye bishobore kubona uburyo bwo kubitaho.”

Jolie yasabye inzego zishinzwe kwita ku mpunzi gukora uko zishoboye kose kugira ngo impunzi zisubire mu byabo.

Abaturage ba Mali bamaze igihe bahunze igihugu cyabo kubera ibibazo by’ubukungu bwifashe nabi, umutekano muke n’ibindi.

Ibibazo bya Politiki bihamaze igihe nabyo biri mu byatumye bamwe bazinga akarago barahunga.

Babikoze mu rwego rwo kugira amakenga kuko batinya ko mu gisirikare hashobora gucikamo ibice bityo igihugu kikajya mu icuraburindi.

Angelina Jolie umwe mu bakinnyi ba filime b’abagore bakomeye
TAGGED:AngelinafeaturedImpunziJolieMali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibimenyetso Bivanwa Ku Mubiri W’Umuntu Bifasha Iki Ubugenzacyaha?
Next Article Croix Rouge Yateye Inkunga Imishinga Isaga 2500 y’Abatishoboye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?