Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amahanga Akora Bike Kugira Ngo Impunzi Zitahuke-Angelina Jolie
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amahanga Akora Bike Kugira Ngo Impunzi Zitahuke-Angelina Jolie

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 June 2021 11:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukinnyi wa Filime w’icyamamare ku rwego rw’isi Angelina Jolie ari muri Burkina Faso ayo yagiye guhumuriza impunzi zo muri Mali zahahungiye.

Jolie asanzwe ari na Ambasaderi w’umukorera bushake w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR.

Impunzi zibarirwa mu bihumbi zimaze igihe ziri mu Majyaruguru ashyira Uburasirazuba bwa Burkina Faso.

Ubutumwa Angelina Jolie yagejeje kuri ziriya mpunzi bwibanze ku kizere zigomba kugira cy’uko igihe nikigera zizatahuka.

Ku rundi ruhande ariko yanenze abayobozi mu nzego za Politiki badashyiraho umuhati wose ukenewe kugira ngo abavanywe mu byabo bashobore gutaha, basubire mu byabo.

Yagize ati: “Dukora bike ngo abavuye mu byabo bashobore gutaha cyangwa se ibihugu bibacumbikiye bishobore kubona uburyo bwo kubitaho.”

Jolie yasabye inzego zishinzwe kwita ku mpunzi gukora uko zishoboye kose kugira ngo impunzi zisubire mu byabo.

Abaturage ba Mali bamaze igihe bahunze igihugu cyabo kubera ibibazo by’ubukungu bwifashe nabi, umutekano muke n’ibindi.

Ibibazo bya Politiki bihamaze igihe nabyo biri mu byatumye bamwe bazinga akarago barahunga.

Babikoze mu rwego rwo kugira amakenga kuko batinya ko mu gisirikare hashobora gucikamo ibice bityo igihugu kikajya mu icuraburindi.

Angelina Jolie umwe mu bakinnyi ba filime b’abagore bakomeye
TAGGED:AngelinafeaturedImpunziJolieMali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibimenyetso Bivanwa Ku Mubiri W’Umuntu Bifasha Iki Ubugenzacyaha?
Next Article Croix Rouge Yateye Inkunga Imishinga Isaga 2500 y’Abatishoboye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

You Might Also Like

Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Ubuyobozi Bw’Ihuriro Rw’Ubukungu Ku Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Tanzania: Baratora Perezida N’Abadepite 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?