Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amashusho Y’Indirimbo Ya Riderman N’Uwo Yashinze Ibisumizi Yasohotse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Amashusho Y’Indirimbo Ya Riderman N’Uwo Yashinze Ibisumizi Yasohotse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 May 2022 4:04 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ati: " u Rwanda ni Inyegamo ya Nyagasani"
SHARE

Amashusho Indirimbo Inyegamo ya Nyagasani Umuraperi Riderman aherutse gukorana n’umugore uyobora Studio Ibisumizi witwa Chrissy Neat yasohotse.

Riderman yabwiye Taarifa ko umwihariko uri mu mashusho y’iyi ndirimbo ari uko avuga kandi agataka ubwiza bw’u Rwanda.

Harimo kandi imbyino z’i Rwanda n’ ingoma nyarwanda.

Iyo usesenguye indirimbo z’uyu muraperi hari ubwo usanga akenshi agaruka ku butwari bw’Abanyarwanda.

N’ikimenyimenyi afite studio yise ‘Ibisumizi’.

Ibisumizi wari umutwe w’ingabo z’umwami w’u Rwanda witwaga Ruganzu Ndoli.

Hari abanyamateka bavuga ko yabayeho mu kinyejana cya 16 Nyuma ya Yezu ubwo ni ukuvuga mu myaka ya 1500.

Yari umuhungu wa Ndahiro I Cyamatare.

Mu ndirimbo ze kandi hari aririmba ubutwari bw’ingabo z’u Rwanda ndetse n’uburyo zakunze u Rwanda kuva hambere.

Abazi indirimbo ze ibi bazabyumva mu zo yise  Musirikare. Kadage, Icupa ry’Imiti n’izindi.

Rideman kandi aririmba asaba n’abantu kudapfusha ubusa ibyo babona biyushye akuya.

Yabigarutseho mu ndirimbo Depannage yakoranye na Ariel Wayz.

Mu rukundo naho atanga ubuhamwa.

Icyakora yigeze no kwibutsa abantu ko n’inyoni iyo zipfuye zigwa ku butaka kandi zisanzwe zigoga ikirere.

Ni ubutumwa bwo kwibutsa ko inzira ya muntu ari umwe, byose birangira apfuye.

Icy’ingenzi ngo ni ukwicisha bugufi, ugasangira byose na bose.

Azi kurambura amaboko agahamiriza
Ati: ” u Rwanda ni Inyegamo ya Nyagasani”
Intore mu ndiririmbo ya Riderman
Riderman mu mibyirinire n’imyambarire ya kinyarwanda

TAGGED:CyamatarefeaturedIbisumiziIndirimboRidermanRuganzu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibyo U Rwanda Ruteganya Gufasha Commonwealth Mu Kurwanya Ruswa
Next Article Imiryango Ibiri Yo Ku Nkombo Irarara Mu Nzu Nshya Yubakiwe Na Polisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?