Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amatora Ya Perezida Wa FRVB Yasubitswe Habura Iminsi Ibiri Ngo Abe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Amatora Ya Perezida Wa FRVB Yasubitswe Habura Iminsi Ibiri Ngo Abe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 March 2021 12:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri wa Siporo Munyangaju Aurore Mimosa yandikiye ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB) arisaba gusubika amatora ya komite nyobozi yari ateganyijwe ku wa Gatandatu tariki 27 Werurwe 2021.

Muri iyo baruwa yandikiwe perezida wa FRVB, Minisitiri Munyangaju yamusabye gusubika amatora kugira ngo babanze bashyireho amategeko ayagenga n’akanama gashinzwe amatora kazayayobora hakurikijwe amabwiriza azaba yashyizweho.

Yakomeje ati “Ibi bikaba bigomba kuba byakozwe mu gihe cy’iminsi 15 hakabona gutegurwa amatora.”

Nyuma y’iryo tangazo, FRVB yahise itangaza binyuze ku mbuga nkoranyambaga ko amatora ya Komite Nyobozi ya FRVB yari ateganijwe ku wa Gatandatu yasubitswe.

Yakomeje iti “Umunsi azabera uzatangazwa vuba.”

Abakandida babiri nibo bahatanira kuyobora FRVB, abo ni Mukamurenzi Providence usanzwe ari umubitsi w’iri shyirahamwe na Julius Kansiime Kagarama usanzwe ari visi perezida.

TAGGED:FRVBJulius Kansiime KagaramaMinisiteri ya SiporoMukamurenzi ProvidenceMunyangaju Aurore Mimosa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mgr Sinayobye Yahawe Inkoni Y’Ubushumba, Min Gatabazi Yabyitabiriye
Next Article Kuba Kenya Yaranze Gufunga Umupaka Na Tanzania ‘Bigiye Kuyikoraho’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Muhanga: Bashinja Sosiyete Icukura Amabuye Y’Agaciro Kubambura

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Imikino

APR FC Yongeye Gutesha Rayon Igikombe Na Miliyoni Nyinshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Amakipe Yaturutse Muri Sudan Ari Kwitwara Neza Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Rwanda:Abagore Bakina Shampiyona Y’Umupira W’Amaguru Banenga Imisifurire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Ibya Rayon Sports Bikomeje Kuyoberana Nyuma Yo Gutsindwa Na Bugesera FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?