Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ambasaderi Wa Misiri Yahaye Biruta Impapuro Zimwerera Gukorera Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ambasaderi Wa Misiri Yahaye Biruta Impapuro Zimwerera Gukorera Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 November 2023 10:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Madamu Nermine El Zawahry wagenwe ngo ahagararire Misiri mu Rwanda yagejeje kuri Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane Dr, Vincent Biruta impapuro zimwemerera guhagarira Cairo muri Kigali.

U Rwanda rufitanye na Misiri imikoranire y’igihe kirekire kandi mu ngeri zitandukanye.

Hamwe muho ubwo bufatanye bugaragarira ni mu bucuruzi.

Mbere y’uko COVID-19 yaduka mu Rwanda, Misiri yari isanzwe itegura imurikagurisha ry’ibyo ikora ryaberaga ahahoze Petit Stade i Remera.

Mu mwaka wa 1989 nibwo hashyizweho Komite ihuriweho n’impande zombi igamije ko umubano uramba.

Muri Nzeri, 2009 habayeho imivugururire y’imikoranire hagati y’u Rwanda na Misiri hagamijwe kugendana n’uko ibyo ku isi byari byifashe muri iki gihe.

Ni igikorwa cyakozwe ku bugenzuzi bwa ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’ibihugu byombi.

Icyo gihe hasinywe amasezerano areba ubufatanye mu buhinzi, kuri za gasutamo, ubutwererane bw’urubyiruko rw’ibihugu byombi, guteza imbere inganda, uburezi, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, ubuzima, ubushakashatsi mu ikoranabuhanga ndetse n’ubufatanye mu guteza imbere umuco.

Misiri yafashije u Rwanda kubaka zimwe mu nzego zarwo nyuma y’uko rwari rumaze kubohorwa.

Mu rusange  Misiri ibanye neza n’u Rwanda.

Ibiro by’Ambasade yayo  biherereye ku Kacyiru mbere gato y’uko ugera ku Biro by’Ambasade y’Uburundi.

TAGGED:AmbasadeBirutaBurundifeaturedMisiri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ‘Kera Kabaye’ MONUSCO Igiye Kuva Muri DRC
Next Article Centrafrique: Aba Mbere RDF Yatoje Kuba Ingabo Bagiye Kwinjira Mu Kazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?