Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ambasaderi Wa Misiri Yahaye Biruta Impapuro Zimwerera Gukorera Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ambasaderi Wa Misiri Yahaye Biruta Impapuro Zimwerera Gukorera Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 November 2023 10:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Madamu Nermine El Zawahry wagenwe ngo ahagararire Misiri mu Rwanda yagejeje kuri Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane Dr, Vincent Biruta impapuro zimwemerera guhagarira Cairo muri Kigali.

U Rwanda rufitanye na Misiri imikoranire y’igihe kirekire kandi mu ngeri zitandukanye.

Hamwe muho ubwo bufatanye bugaragarira ni mu bucuruzi.

Mbere y’uko COVID-19 yaduka mu Rwanda, Misiri yari isanzwe itegura imurikagurisha ry’ibyo ikora ryaberaga ahahoze Petit Stade i Remera.

Mu mwaka wa 1989 nibwo hashyizweho Komite ihuriweho n’impande zombi igamije ko umubano uramba.

Muri Nzeri, 2009 habayeho imivugururire y’imikoranire hagati y’u Rwanda na Misiri hagamijwe kugendana n’uko ibyo ku isi byari byifashe muri iki gihe.

Ni igikorwa cyakozwe ku bugenzuzi bwa ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’ibihugu byombi.

Icyo gihe hasinywe amasezerano areba ubufatanye mu buhinzi, kuri za gasutamo, ubutwererane bw’urubyiruko rw’ibihugu byombi, guteza imbere inganda, uburezi, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, ubuzima, ubushakashatsi mu ikoranabuhanga ndetse n’ubufatanye mu guteza imbere umuco.

Misiri yafashije u Rwanda kubaka zimwe mu nzego zarwo nyuma y’uko rwari rumaze kubohorwa.

Mu rusange  Misiri ibanye neza n’u Rwanda.

Ibiro by’Ambasade yayo  biherereye ku Kacyiru mbere gato y’uko ugera ku Biro by’Ambasade y’Uburundi.

TAGGED:AmbasadeBirutaBurundifeaturedMisiri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ‘Kera Kabaye’ MONUSCO Igiye Kuva Muri DRC
Next Article Centrafrique: Aba Mbere RDF Yatoje Kuba Ingabo Bagiye Kwinjira Mu Kazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?