Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Ihangayikishijwe Na Politiki Za Netanyahu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Amerika Ihangayikishijwe Na Politiki Za Netanyahu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 July 2025 1:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Benyamini Netanyahu ubwo yari yasuye Trump.
SHARE

Hari umukozi mu Biro bya Perezida Donald Trump wabwiye ikinyamakuru Axios ko ibyemezo bya Minisitiri w’Intebe wa Israel biba bihubukiwe, akavuga ko Amerika ihangayikishijwe ni uko bizakoma mu nkokora imishinga ifite mu Burasirazuba bwo Hagati.

Ntibisanzwe ko Amerika yamagana- mu buryo butaziguye-ibyemezo bifatwa na Yeruzalemu kuko ahanini inyungu z’impande zombi ziba zisa.

Uwo muyobozi muri Amerika yagize ati: “ Bibi(Benjamin) akora ibintu nk’umuntu wasaze. Arasa aho abonye hose, abo abonye hose kandi bikoma mu nkokora gahunda za Amerika mu gace Israel iherereyemo”.

Undi muyobozi avuga ko ibikorwa n’Ubutegetsi bwa Israel bituma hari benshi mu Burasirazuba bwo Hagati babyegeka kuri Amerila, bakavuga ko ari yo muterankunga ukomeye wa Israel kandi uyishyigikiye mu byo ikora.

Hari undi wavuze ko kuba Israel iherutse kurasa imwe muri Kiliziya ziri muri Gaza ari ikintu cyerekana ko imyitwarire ya Netanyahu iteye inkeke.

Mu Biro bya Trump bavuga ko nta munsi w’ubusa utambuka Netanyahu adakoze akantu mu gace igihugu cye giherereyemo.

Ubwo Israel yarasaga kuri iriya Kiliziya, Perezida Trump yahamagaye Netanyahu ngo amubaze icyabiteye.

The Jerusalem Post ivuga ko Umuvugizi w’Ibiro bya Netanyahu atigeze asubiza ibibazo yagejejweho na Axios kugira ngo agire icyo avuga kubyo umuyobozi avugwaho na Amerika, gusa ntiyasubijwe.

TAGGED:AmerikafeaturedIbyemezoNetanyahuTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamasheke: Batwitse Abantu Babashinja Ubujura
Next Article Rayon Irashaka Gusinyisha Abedi Bigirimana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ubwongereza: Abantu Biciwe Mu Rusengero Rw’Abayahudi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?