Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Yabujije Israel Kwica Umuyobozi W’Ikirenga Wa Iran
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Amerika Yabujije Israel Kwica Umuyobozi W’Ikirenga Wa Iran

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 June 2025 7:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Donald Trump yabwiye Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza Reuters ko yabujije Israel kwica Umuyobozi W’Ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei.

Avuga ko Israel yari ifite umujinya n’ubushake bwo kwica uriya muyobozi, ariko ubwe yabujije Netanyahu kubikora.

Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu mu Biro bye biba munsi y’ubutaka.

Ntawamenya niba ibyo Trump avuga bitagamije kuyobya uburari kuko n’ubundi mbere y’uko Israel itera Iran, Amerika yavugaga ko hari ibiganiro byo kubuza Iran gutunganya ubutare bwa Uranium kandi byagendaga neza.

Byarangiye Israel itunguye Iran isuka ibisasu ku bayobozi bakuru b’ingabo zayo n’abahanga bakomeye b’iki gihugu, isenya n’aho uruganda rwa Natanz rwatunganyaga izi ngufu.

Hagati aho, Amerika ivuga ko Perezida Vladmir Putin ashaka kuba umuhuza mu kibazo kiri hagati ya Iran na Israel.

Trump avuga ko mu gihe intambara ikiri hagati ya Iran na Israel, Amerika itarabyinjiramo ariko akemeza ko nihagira ushohora Amerika imperuka ye izaba yageze.

Ibyo yabibwiye NBC news.

Perezida wa Amerika yemeza ko amahoro atari butinde kugaruka hagati y’impande zihanganye, akemeza ko bizagenda nk’uko byagenze hagati y’Ubuhinde na Pakistan mu mirwano iherutse kwaduka hagati y’impande zombi.

TAGGED:featuredIntambaraIranIsraelKhamenei
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Ushobora Kubana N’Inzoka Mu Mahoro
Next Article Israel Na Iran Bikomeje Kwihimuranaho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?