Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Yafunze Ikibuga Cy’Indege Yari Yahanze Muri Afghanistan
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika Yafunze Ikibuga Cy’Indege Yari Yahanze Muri Afghanistan

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 July 2021 10:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iki kibuga cyari kimaze imyaka 20 kigwaho kikanahagurukiraho indege z’intambara Amerika yakoreshaga irasa ku Batalibani mu misozi ya Afghanistan. Giherereye ahitwa Bagram.

Amerika yahisemo kubaka kiriya kibuga muri kariya gace kugira ngo ijye ishobora kugaba ibitero ku barwanyi ba Al Qaeda bakoranaga n’Abatalibani.

Ni intambara yatangijwe mu mwaka wa 2001 ubwo  Amerika yayoborwaga na Georges W. Bush.

Ni intambara yatangijwe nyuma y’igitero cy’iterabwoba abarwanyi ba Al Qaeda bagabye ku miturirwa yo muri Amerika izwi nka World Trade Center, hari tariki 11, Nzeri, 2001.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umwe mu bakoraga ku kibuga cy’indege cya Bargam yabwiye Associated Press ko abayobozi ba kiriya kigo bagisubije mu biganza by’ingabo za Afghanistan ariko ko bitaratangazwa ku mugaragaro.

Iki kibuga cyubatswe mu bilometero 50 uvuye mu Murwa mukuru, Kabul.

Kuri uyu wa Gatandatu nibwo biteganyijwe ko kizasubizwa Afghanistan mu buryo bweruye.

Kugifunga kigasubizwa Afghanistan ni ikimenyetso kidakuka cyemeza ko ingabo z’Amerika n’iz’ibihugu by’inshuti zayo zigiye kuva muri kiriya gihugu mu buryo budasubirwaho.

TAGGED:AfghanistanAmerikafeaturedIkibugaIndegeIngabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hafi Y’imva Y’Umuhanuzi Samuel Wo Muri Bibiliya Hakongotse
Next Article RRA Yakusanyije Imisoro Isaga Miliyari 1600 Frw Mu Mwaka Wa 2020/21
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?