Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Yafunze Ikibuga Cy’Indege Yari Yahanze Muri Afghanistan
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika Yafunze Ikibuga Cy’Indege Yari Yahanze Muri Afghanistan

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 July 2021 10:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iki kibuga cyari kimaze imyaka 20 kigwaho kikanahagurukiraho indege z’intambara Amerika yakoreshaga irasa ku Batalibani mu misozi ya Afghanistan. Giherereye ahitwa Bagram.

Amerika yahisemo kubaka kiriya kibuga muri kariya gace kugira ngo ijye ishobora kugaba ibitero ku barwanyi ba Al Qaeda bakoranaga n’Abatalibani.

Ni intambara yatangijwe mu mwaka wa 2001 ubwo  Amerika yayoborwaga na Georges W. Bush.

Ni intambara yatangijwe nyuma y’igitero cy’iterabwoba abarwanyi ba Al Qaeda bagabye ku miturirwa yo muri Amerika izwi nka World Trade Center, hari tariki 11, Nzeri, 2001.

Umwe mu bakoraga ku kibuga cy’indege cya Bargam yabwiye Associated Press ko abayobozi ba kiriya kigo bagisubije mu biganza by’ingabo za Afghanistan ariko ko bitaratangazwa ku mugaragaro.

Iki kibuga cyubatswe mu bilometero 50 uvuye mu Murwa mukuru, Kabul.

Kuri uyu wa Gatandatu nibwo biteganyijwe ko kizasubizwa Afghanistan mu buryo bweruye.

Kugifunga kigasubizwa Afghanistan ni ikimenyetso kidakuka cyemeza ko ingabo z’Amerika n’iz’ibihugu by’inshuti zayo zigiye kuva muri kiriya gihugu mu buryo budasubirwaho.

TAGGED:AfghanistanAmerikafeaturedIkibugaIndegeIngabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hafi Y’imva Y’Umuhanuzi Samuel Wo Muri Bibiliya Hakongotse
Next Article RRA Yakusanyije Imisoro Isaga Miliyari 1600 Frw Mu Mwaka Wa 2020/21
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?