Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’ibikorwa remezo, Patricia Uwase yatangaje ko amashanyarazi azacanira ikibuga Cya Bugesera azakururwa mu rugomero rwa Rusumo ruri hafi gutahwa. Intego ni uko...
Ikibuga cya Bugesera ni cyo APR F.C yemeje ko izajya yakiriraho indi mikino usibye uwo izaba yahuriyemo Rayon Sports. Icyo kibuga kiri kuri Stade ya Bugesera...
Mu Murwa mukuru wa Afghanistan ari wo Kabul habereye ubwicanyi bukomeye bwaguyemo abantu 19 abandi 50 barakomereka. Byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ahagana...
Igitekerezo cyo kubaka uruganda rw’inkingo mu Rwanda cyatangiye kuza mu mutwe w’abakorera uruganda Siemens rwo mu Budage mu mwaka wa 2018. Tariki 10, Ukwakira nibwo itsinda...
Perezida Paul Kagame yasuye aho u Rwanda rumukira ibyo rwakoze mu imurikagurisha mpuzamahanga iri kubera i Dubai muri Leta ziyunze z’Abarabu. Biri kumurikirwa mu imurikagurisha ryiswe...