Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Yahaye Ukraine Toni 1200 Z’Ibisasu Byo Kwivuna Abarusiya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Amerika Yahaye Ukraine Toni 1200 Z’Ibisasu Byo Kwivuna Abarusiya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 February 2022 9:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari indege yaturutse muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ipakiye toni 1200 z’ibisasu bita javelins igwa i Kiev muri Ukraine. Ambasade y’Amerika ivuga ko biriya bisasu byagenewe  Ukraine kugira ngo izavune u Burusiya umunsi bwayirasheho.

Perezida Joe Biden niwe wemeje ko biriya bisasu byohererezwa Ukraine.

Ukraine iri guterwa inkunga ngo izivune u Burusiya ariko biragoye  ko yo ubwayo yabishobora kuko u Burusiya buri mu bihugu bya mbere ku isi bifite ingabo n’intwaro zihambaye.

The 14th flight carrying U.S. security assistance, including Javelins, arrived at Boryspil tonight. The United States has provided almost 1200 tons of materiel, approved by President Biden in January, that Ukraine needs to defend itself against ongoing Russian aggression. pic.twitter.com/sZJhuqdWZB

— U.S. Embassy Kyiv (@USEmbassyKyiv) February 11, 2022

Muri iki gihe hari amakuru avuga ko u Burusiya bwohereje ku mupaka ubugabanya na Ukraine abasirikare 130, 000.

Ni abasirikare benshi kuko si ibihugu byinshi byohereza abasirikare bangana batyo icyarimwe mu ntambara.

Hari amakuru aherutse gutangazwa avuga ko u Burusiya bwateguye ko buzatangiza urugamba kuri Ukraine ku wa Gatatu taliki 16, Gashyantare, 2022.

Mu ntangiriro z’Icyumweru cyatangiye kuri uyu wa Mbere taliki 14, Gashyantare, 2022 hari inama izahuza ba Minisitiri b’ingabo z’ibihugu 30 bigeze OTAN/NATO kugira ngo barebere hamwe uko batabaza Ukraine yugarijwe n’u Burusiya.

Indege yavuye muri Amerika izaniye ibikoresho Ukraine yaguye ku kibuga cy’indege cya Boryspil.

Icyihishe Inyuma y’Intambara Ishobora Kurota Hagati ya Amerika, u Burusiya Na Ukraine

TAGGED:AbasirikareAmerikaBidenBurusiyafeaturedUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rufite Zahabu Nyinshi Muri Nyungwe Ariko Kuyicukura Ni Ingorabahizi
Next Article Impamvu ‘Zikomeye’ Ziri Gutera Ibiciro Kuzamuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?