Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Animateri Wo Muri Saint André Aravugwaho Gukubita Abanyeshuri ‘Bikomeye’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Animateri Wo Muri Saint André Aravugwaho Gukubita Abanyeshuri ‘Bikomeye’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 May 2021 12:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu baha Taarifa amakuru mu Karere ka Nyarugenge yaraye aduhaye amafoto yerekana abanyeshuri barimo abahungu n’abakobwa biga mu kigo kiri mu bigo bizwi cyane mu Rwanda kitwa Saint André bafite imibyimbyi y’inkoni bivugwa ko bakubiswe n’ushinzwe uburezi muri kiriya kigo( ni animateur).

Ni abana babiri barimo umwe w’umukobwa ufite imyaka 14 y’amavuko n’undi w’umuhungu ufite imyaka 12 y’amavuko. Bombi biga mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye.

Amakuru dufite kandi avuga ko uwakoze biriya yahise atoroka, ubu akaba ari gushakishwa.

Taarifa yahamagaye umuyobozi w’Ikigo cya Saint André Padiri Faustin Nshubijeho  agira icyo abivugaho.

Aba bana barigana mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye

 

Padiri ati: ” Iby’uko yahohoteye si njye wabyemeza…’

Padiri Faustin Nshubijeho yabwiye Taarifa ko atakwemeza niba ibyo Animateri yakoze byakwitwa guhohotera kuko atari byo ashinzwe, ahubwo ngo icyo yavuga ni uko icyo mwarimu yakoze ari uguhana abana nk’umurezi wabo.

Avuga ko iby’uko yahohoteye bariya bana ari ikintu cyemezwa n’ubugenzacyaha.

Abajijwe niba animateri yari amaze igihe akora muri kiriya kigo, Padiri Faustin Nshubijeho yavuze ko uriya mukozi yari amaze igihe aharerera.

TAGGED:AbanyeshurifeaturedGukubitaIkigoUmurezi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ab’i Kigali Ibicurane ‘Byabarembeje’
Next Article Ingabo Z’U Burundi Zivuga Ko Ibyo RDF Yavuze Ku Bateye U Rwanda ‘Ari Ibinyoma’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?