Hari abagabo mu Karere ka Rulindo bavuga ko barembejwe n’inkoni bakubitwa n’abagore babo, bagasaba ubutabera. Abo bagabo bavuga ko bibabaje kuba umugabo akubitwa n’umugore we kandi...
Umunyeshuri w’imyaka 19 y’amavuko yabwiye abagenzacyaha ibyago yaboneye ku barimu batanu bafatanyije n’umurinzi w’ikigo bakamukubita bakamumena ubugabo. Byabereye mu kigo cy’amashuri kitwa Nyabisia Secondary School cy’ahitwa...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwataye muri yombi umunyamakuru witwa Ruhumuriza ukorera kimwe mu binyamakuru bikorera mu Rwanda ‘akekwaho’ icyaha cyo gukubita no gukomeretsa. Uyu mugabo w’imyaka 40...
Umwe mu baha Taarifa amakuru mu Karere ka Nyarugenge yaraye aduhaye amafoto yerekana abanyeshuri barimo abahungu n’abakobwa biga mu kigo kiri mu bigo bizwi cyane mu...