Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: APR FC Yongeye Gutwara Igikombe Cya Shampiyona
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

APR FC Yongeye Gutwara Igikombe Cya Shampiyona

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 May 2023 7:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

APR FC yaraye  yegukanye igikombe cya Shampiyona cy’umwaka w’imikino wa 2022/2023 nyuma yo gutsinda Gorilla FC 2-1.

Mu minsi mike ishize, Kiyovu Sports niyo yari ihanganye na APR FC ngo itware iki gikombe ariko byaranze iba iya kabiri muri Shampiyona nyuma yo gutsinda Rutsiro FC 3-1.

Mbere y’uko habarwa ibitego ngo harebwe ikinyuranyo hagati ya APR FC na Kiyovu FC, zombi zanganyaga amanota ariko nyuma yo kubera ibitego, byagaragaye ko APR FC yari yarizigamiye  25 n’aho Kiyovu ifite ubwizigame bwa 17.

N’ubwo APR FC yatwaye iki gikombe, mu mizo ya mbere yari ifite ibibazo kuko aho itatsindwaga, yaranganyaga cyangwa se gutsinda kwayo ntigukore ikinyuranyo kigaragara.

Abafana ba Kiyovu nabo byari uko kuko icyizere cyo gutwara Shampiyona cyaje kuyoyoka nyuma yo gutsindwa na Sunrise FC igitego 1-0.

APR FC iri ku mwanya wa mbere, Kiyovu FC iyigwa mu ntege, Rayon Sports ikaba iya gatatu n’amanota 61.

Nyuma yo gutsindwa n’amakipe byari bihanganye, Rustiro FC na Espoir FC zose zo mu Ntara y’Uburengerazuba zamanukiye mu cyiciro cya kabiri.

Hahise hazamuka Amagaju FC na Etoile de l’Est zijya mu cyiciro cya mbere.

Uko niko ibya Shampiyona y’umwaka wa 2023 mu mupira w’amaguru mu Rwanda byaraye bikemuwe.

APR FC na Rayon Sports nizo zizahagararira u Rwanda  mu mikino nyafurika, zikazanahatana mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro.

Zombi zarangije kubona tike yo kuzawukina.

TAGGED:APRfeaturedIgikombeImikinoRayonRutsiro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ambasaderi Wa Israel Asaba Urubyiruko Rw’u Rwanda ‘Kutihutira’ Za Kaminuza
Next Article Perezida Buhari Yasabye Abanya Nigeria Imbabazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?